skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Abo muri Diaspora ya RDC batoye Felix Tshisekedi ku bwiganze bw’amajwi

Kuri uyu wa gatanu, Ceni yasohoye amajwi y’Abanyekongo muri diaspora yo muri: Afurika y’Epfo, Ububiligi, Ubufaransa, Canada na Amerika .
23 December 2023 Yasuwe: 2131 0

FARDC na M23 barenze ku gahenge basabwe na US basubukura imirwano

Kuwa gatanu havuzwe imirwano ikomeye hagati y’ingabo za leta ya DR Congo zifatanyije n’imitwe yiswe Wazalendo barwana n’inyeshyamba za M23 muri teritwari ya Masisi, ni mu gihe agahenge k’ibyumweru...
23 December 2023 Yasuwe: 1851 0

Man City yegukanye igikombe cy’isi cy’amakipe ikora agahigo kananiye andi makipe yo mu Bwongereza

Ikipe ya Manchester City yabaye ikipe ya mbere yo mu Bwongereza yegukanye ibikombe bitanu mu mwaka umwe nyuma yo gutsinda Fluminense ibitego 4-0 ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’amakipe.
23 December 2023 Yasuwe: 1326 0

Osaluwe akomeje kwigaragambya kugira ngo asubire muri Rayon Sports

Umunya-Nigeria, Raphael Osaluwe watijwe muri AS Kigali arifuza gusubira muri Rayon Sports afitiye amasezerano azarangirana n’uyu mwaka w’imikino.
23 December 2023 Yasuwe: 2159 0

Ukraine ivuga ko yahanuye indege z’intambara z’Uburusiya za Su-34

Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyahanuye indege eshatu z’intambara z’Uburusiya kuwa gatanu mu majyepfo y’iki gihugu.
23 December 2023 Yasuwe: 1145 0

SKOL yahaye impano ihambaye FERWACY izayifasha gutegura ahazaza

Uruganda rwenga inzoga zisembuye n’izidasembuye rwa SKOL rwahaye Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda [FERWACY] impano ihambaye irimo amagare 17 n’ibindi bikoresho bizafasha abakinnyi...
22 December 2023 Yasuwe: 1609 0

RCS yatangaje ko CG(Rtd)Gasana yahawe uruhushya rwo kwitabira ubukwe

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora ,RCS, rwahaye Gasana Emmanuel, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, uruhushya rwo gusohoka muri Gereza, akitabira ubukwe bw’umwana we.
22 December 2023 Yasuwe: 5366 0

Twahirwa yakatiwe burundu, mu gihe Basabose yajyanwe gusuzumwa mu mutwe

Urukiko rwa rubanda rw’i Bruxelles mu Bubiligi rwakatiye Twahirwa Séraphin igifungo cya burundu, rutegeka ko Basabose Pierre baburaniraga hamwe ajyanwa ku gahato mu kigo kivura indwara zo mu mutwe.
22 December 2023 Yasuwe: 1092 0

Benshi bishimiye icyemezo cya Kiliziya gatolika y’u Rwanda cyo kudaha ishingiro ubutinganyi

Kuri uyu wa Kane,tariki ya 21 Ukuboza,Kiliziya Gatolika mu Rwanda yemeje ko idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco Nyarwanda.
22 December 2023 Yasuwe: 2181 0

Hamas yasabye ikintu gikomeye Israel kugira ngo irekure imfungwa zayo zose

Umutwe wa Hamas ugenzura Gaza wamaganiye kure icyifuzo cyo kurekura abandi banya-Israel washimuse kugeza iki gihugu cyemeye “guhagarika burundu intambara”.
22 December 2023 Yasuwe: 4198 0