skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Basabose na Twahirwa bahamijwe ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda Pierre Basabose na Séraphin Twahirwa bahamwe n’ibyaha bya jenoside ykorewe Abatutsi mu 1994 nyuma y’iminsi bamaze baburanishwa.
20 December 2023 Yasuwe: 589 0

Mugunga yandikiye Kiyovu Sports asaba ko batandukana

Umukinnyi Mugunga Yves yandikiye ikipe ya SC Kiyovu Sports ayisaba gutandukana nayo ku mpamvu zirimo ko yahawe Miliyoni inwe muri 2 bemeranyijwe avuye muri APR FC.
19 December 2023 Yasuwe: 741 0

"Umuntu yaba afite drones zitwara amaraso akabura izirasa?"-Umuvugizi wungirije w’u Rwanda yavuze ku bya Tshisekedi

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rwiteguye ibitero byose byaturuka muri RDC kuko ngo rufite ibikoresho by’ubwirinzi bihagije.
19 December 2023 Yasuwe: 5734 0

RDC yafunze imipaka mbere y’amasaha make ngo amatora abe

Urwego rw’igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DGM, rwatangaje ko imipaka yo ku butaka y’iki gihugu irara ifunzwe by’agatenyo.
19 December 2023 Yasuwe: 1682 0

Katumbi yahaye igisubizo gikarishye Bemba uheruka kumushinja kwiba amajwi

Umunyapolitike Moise Katumbi yasubije Jean Pierre Bemba usanzwe ari Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demokarasi ya congo ko abantu bose atari abanyabyaha ndetse ko ICC yamufunze igihari.
19 December 2023 Yasuwe: 3563 0

Kamonyi: Polisi yafunze abantu barindwi babyutse bajya gusenyera umuntu

Abantu barindwi bazindukanye amapiki n’ibindi bikoresho bajya gusenya inyubako y’umugabo babatesha bamaze gusenya igipangu.
19 December 2023 Yasuwe: 3116 0

Umugore n’umwana we barokotse by’igitangaza impanuka y’imodoka iteye ubwoba

Amashusho yakwirakwiye cyane ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje umugore wari usunitse umwana we mu kagare batwaramo abana,hanyuma imodoka irenga umuhanda imusanga mu nzira y’abagenzi ariko ku...
19 December 2023 Yasuwe: 4650 0

Ibyo wamenya ku ruganda rwa BioNTech rwaje muri afurika bwa mbere ruhereye mu Rwanda

Perezida Paul Kagame n’abandi banyacyubahiro benshi,kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Ukuboza 2023,bitabiriye umuhango wo gutangiza ishami rya mbere muri Africa ry’uruganda BioNTech rukora inkingo rwo...
19 December 2023 Yasuwe: 944 0

Muzehe Valdez wakunzwe muri filimi ’Los Bastardos’ nka Roman Cardinal yapfuye

Umukinnyi wa filime w’inararibonye muri Filipine, Ronaldo Valdez,wamenyekanye nka muzehe Don Roman cyangwa Roman Cardinal yapfuye ku myaka myaka 76, nkuko byemejwe n’umuryango we na polisi yo mu...
19 December 2023 Yasuwe: 1064 0

Abadepite b’u Rwanda bavanye imidali 6 mu mikino ya EALA

Imikino ihuza Inteko Zishinga Amategeko zo mu Karere ‘The Inter-Parliamentary Games’ yabaga ku nshuro ya 13,ibera mu Rwanda aho Uganda ariyo yahacyanye umucyo cyane.
19 December 2023 Yasuwe: 724 0