skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Corneille Nangaa yahishuye impamvu yiyunze na M23 ngo barwanye Tshisekedi

Umunyapolitiki wahoze akuriye Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDC,Corneille Nangaa yatangaje ko yiteguye ko bazagarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,binyuze...
16 December 2023 Yasuwe: 3091 0

Umwana yabonetse mu giti ari muzima nyuma yo gutwarwa n’inkubi y’umuyaga

Umwana w’amezi ane yabonetse ari muzima nyuma y’inkubi y’umuyaga yashwanyaguje inzu yabo yimukanwa Kuwa Gatandatu.
16 December 2023 Yasuwe: 2703 0

Ikipe ikomeye mu Bwongereza yiyemeje kwegukana umunyezamu Ramsdale wa Arsenal

Ikipe ya Chelsea iritegura kongera ingufu mu gushaka umunyezamu wa Arsenal, Aaron Ramsdale nyuma y’uko Robert Sanchez yagize imvune ubwo The Blues yatsindwaga na Everton ibitego 2-0.
16 December 2023 Yasuwe: 2147 0

M23 na FARDC bashobora kudatanga agahenge k’ibyumweru bibiri basabwe na US

Ibiro bya Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika byatangaje ko agahenge k’amasaha 72 hagati ya M23 na FARDC kiyongeraho ibyumweru bibiri imbunda zicecetse.
16 December 2023 Yasuwe: 2014 0

Umwihariko w’ubwato burimo hoteli bwatangiye gukora mu Kiyaga cya Kivu [AMAFOTO]

Ubwato burimo hoteli y’ibyumba 10 bwitwa Mantis Kivu Queen uBuranga buri mu Kiyaga cya Kivu bwatangiye gukora.
16 December 2023 Yasuwe: 3274 0

Benshi mu Barundi bahungiye i Burayi batewe ubwoba n’imfu zidasobanutse zikomeje kubibasira

Bamwe mu Barundi baba ku mugabane w’Uburayi cyane cyane abahunze, batewe impungenge n’iyicwa cyangwa imfu z’Abarundi benewabo zidasobanutse cyane cyane mu Bubiligi no mu Buholande.
16 December 2023 Yasuwe: 2201 0

RDC yijunditse Kenya yemeye ko abayirwanya bashingira ihuriro ku butaka bwayo

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yagaragaje ko itishimiye ko Kenya yemereye abayirwanya gukorera inama yo gushinga ihuriro ku butaka bwayo.
16 December 2023 Yasuwe: 1415 0

Ishimwe Sandra wari umukinnyi w’imena muri filime ’City Maid’ yamaze kuyisezeramo

Umukinnyi wa Filimi,Ishimwe Sandra, wari umukinnyi w’imena muri filime ’City Maid’ yavuze ko yamaze kuyisezeramo kubera ubwumvikane buke n’abayitegura.
16 December 2023 Yasuwe: 2998 0

RDC: Ibiri kuvugwa mbere y’uko amatora ya Perezida n’izindi nzego aba

Mu minsi ine iri imbere, Abanye-Congo bagera kuri miliyoni 40 bazaba bari gutora abayobozi bashya barimo umukuru w’igihugu, abasenateri,abadepite n’abakuru b’uturere.
16 December 2023 Yasuwe: 1681 0

The Ben yakoze igikorwa gitangaje nyuma yo gusaba umukunzi we Pamella akamuhabwa [AMAFOTO]

Umuhanzi The Ben yasabye anakwa umukunzi we Uwicyeza Pamella, mu birori binogeye ijisho byabereye kuri Jalia Garden kuri uyu wa 15 Ukuboza 2023.
15 December 2023 Yasuwe: 5060 0