skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Uganda: Urukiko rwakatiye umugabo gufungwa imyaka 105

Urukiko Rukuru muri Uganda ruri mu murwa mukuru Kampala, rwakatiye umugabo w’imyaka 25 wishe abantu benshi, gufungwa imyaka 105.
13 December 2023 Yasuwe: 741 0

FERWAFA yasubije abasabiraga ibihano bikarishye Myugariro Akayezu wakoze ku musifuzi

FERWAFA yatangaje ko myugariro wa Kigali, Jean Bosco Akayezu, atazakurikiranwaho ibyaha yashinjwaga n’abafana byo guhohotera umusifuzi Aline Umutoni.
13 December 2023 Yasuwe: 2434 0

Tity Brown yavuze amagambo akomeye nyuma yo kubona ubujurire bw’ubushinjacyaha

Nyuma y’aho Ubushinjacyaha bujuririye icyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge cyo kugira umwere Ishimwe Thierry [Titi Brown],uyu mubyinnyi yasenze Imana ayisaba imbaraga.
13 December 2023 Yasuwe: 1639 0

RDC yavuze ko kuvanga ingabo za M23 na FARDC bitazabaho

Umuvugizi wa Leta ya Congo, Patrick Muyaya,yemeje ko batazaganira n’umutwe wa M23 cyangwa ngo bemere ko abarwanyi b’uwo mutwe binjizwa mu gisirikare cya Leta kuko ngo batifuza kongera gukora...
13 December 2023 Yasuwe: 1655 0

Moïse Katumbi yatinye kwiyamamariza mu gace kamwe na Tshisekedi

Umukandida Moïse Katumbi yasubitse kwiyamamariza mu mujyi umwe na Tshisekedi kubera gutinya ubushotoranyi bushobora kuvuka buturutse mu bamurwanya.
13 December 2023 Yasuwe: 2065 0

Hamenyekanye igihe Rayon Sports na APR FC zizongera guhurira muri shampiyona

Nyuma yo gusozwa igice cya mbere cya shampiyona,abayitegura bashyize hanze uko imikino yo kwishyura izakinwa aho nta buhanga bwashyizwemo.
13 December 2023 Yasuwe: 1508 0

Katumbi na Tshisekedi bariyamamariza mu mujyi umwe umunsi umwe

Abakandida babiri bahabwa amahirwe kurusha abandi mu matora ya perezida wa DR Congo none kuwa gatatu bombi bariyamamariza mu mujyi wa Kananga mu Ntara ya Kasaï-Central.
13 December 2023 Yasuwe: 1083 0

Andre Braugher wamenyekanye mu gukina filimi yapfuye

Umukinnyi wa filimi w’umunyamerika Andre Braugher, uzwiho uruhare kuri televiziyo nka Homicide: Life on the Street na Brooklyn Nine-Nine, yitabye Imana. Yari afite imyaka 61.
13 December 2023 Yasuwe: 1249 0

Manchester United yasezerewe nabi muri UEFA Champions League

Umwaka mubi wa Manchester United wakomereje muri UEFA Champions League aho yasezerewe nabi ndetse ikarangiza iri ku mwanya wa nyuma mu itsinda A.
13 December 2023 Yasuwe: 1016 0

UK: Abadepite bashyigikiye umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda

Inteko y’Ubwongereza, umutwe w’abadepite (House of Commons), watoye ushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, uyu mushinga uba utsinze urugamba rwa mbere muri iyi Nteko.
13 December 2023 Yasuwe: 485 0