skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

RDF yinjije abasirikare bashya yahaye imyitozo ikomeye

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakiriye abasirikare bashya basoje icyiciro cy’imyitozo ya gisirikare y’amezi arindwi, mu Kigo cy’imitozo y’ibanze ya gisirikare cya Nasho mu Karere ka Kirehe.
10 December 2023 Yasuwe: 2288 0

Makolo yabajije umunyamabanga wa UN igikurikira amagambo mabi ya Tshisekedi kuri Kagame

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko amagambo ya Tshisekedi yibasira u Rwanda, yumvikana mu buryo bweruye, abaza Umunyamabanga wa Loni, igikwiriye gukorwa.
10 December 2023 Yasuwe: 5419 0

AS Kigali yatsinze Rayon Sports nyuma y’imikino irindwi idatsinda

AS Kigali yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona wabereye kuri Stade ya Kigali Pele Stadium.
9 December 2023 Yasuwe: 1727 0

"Ibi hari ugomba kubizira"-KNC yarakaye nyuma yo kunyagirwa na Mukura VS

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), yijeje gukora impinduka zikomeye nyuma y’uko ikipe ye inyagiwe na Mukura VS ibitego 4-2 mu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona.
9 December 2023 Yasuwe: 2893 0

Abahungu batanu bapfuye abandi 28 bajyanwa kwa muganga kubera gusiramurwa nabi

Abahungu batanu bapfuye, abandi 28 bajyanwa mu bitaro bitandukanye byo muri Elgeyo Marakwet,muri Kenya, nyuma yo gusiramurwa mu buryo bwa magendu.
9 December 2023 Yasuwe: 4382 0

Karigombe na The Major (Symphony) bakoze indirimbo ihugura abagorwa no gutereta [VIDEO]

Umuraperi Siti True Karigombe yisunze mugenzi we The Major wo mu itsinda rya Symphony,bakorana indirimbo yitwa "Anick",ibyinitse cyane ariko irimo ubutumwa bufasha abasore uko batereta.
9 December 2023 Yasuwe: 731 0

Burundi: Abantu benshi bafungiwe mu kazu kajyamo abantu 40 bazira ubutaka

Kasho ya polisi ya Cibitoke (mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’Uburundi) karimo imfungwa zirenga 120.
9 December 2023 Yasuwe: 1071 0

Abantu 30 barimo abo mu Banyamulenge biciwe mu gitero bagabweho na Mai-Mai

Abantu 30 bapfiriye mu bitero byagabwe n’imitwe ibiri ya Mai-Mai ariyo Maï-Maï Biloze Bishambuke na Yakutumba.
9 December 2023 Yasuwe: 1554 0

Hamenyekanye ibyago biterwa no gutekesha amavuta inshuro zirenze imwe

Inzobere mu mirire Benimana Jean Sauver, ukorera ku bitaro bya Ruhengeryabwiye Kigali Today kuri zimwe mu ngaruka ziterwa no gutekesha amavuta inshuro zirenze imwe.
9 December 2023 Yasuwe: 3226 0

Perezida Samia yasabye ikintu gikomeye abahuye n’ibiza

Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yavuye mu nama ya COP 28 mu buryo bwihuse, kubera ibiza byibasiye igihugu cye,asura abo byagizeho ingaruka aho yabasabye kwimuka.
9 December 2023 Yasuwe: 1015 0