skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umuhanzikazi Zahara yahitanwe n’uburwayi yari amaranye igihe

Bulelwa Mkutukana wamamaye ku izina rya Zahara, umuhanzi wa Afro-pop wo muri Afurika y’Epfo yapfuye, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’umuco w’iki gihugu.
12 December 2023 Yasuwe: 1607 0

U Burundi bwaburiwe ko bushobora kwisanga mu bushyamirane buri hagati ya RDC n’u Rwanda

Igihugu cy’u Burundi ngo gishobora kwisanga cYinjiye mu ntambara y’akarere nyuma yaho ibihugu birimo u Rwanda na RDC bikomeje kurebana ay’ingwe.
12 December 2023 Yasuwe: 3645 0

Umuraperi Cardi B yishimiye ko yatandukanye n’umugabo we Offset

Cardi B yizeye “gutangira bushya” nyuma yo gutandukana n’umugabo we Offset, nk’uko uyu muhanzi wa rap yabitangaje.
12 December 2023 Yasuwe: 805 0

Gahunda ya UK yo kohereza mu Rwanda abimukira iri mu kaga

Guverinoma y’Ubwongereza iri mu kazi ko kwemeza (kumvisha) abadepite, ku kigero kitarabaho kuva Rishi Sunak yaba Minisitiri w’intebe, kugira ngo batore umushinga wo kuzana abimukira mu Rwanda...
12 December 2023 Yasuwe: 1936 0

Victor Osimhen yatwaye igihembo cy’umukinnyi mwiza muri Afurika mu 2023

Umukinnyi w’umwaka mu bagabo muri Afurika yabaye Victor Osimhen ukinira Nigeria n’ikipe ya Napoli mu Butaliyani yahesheje igikombe cya Serie A baherukaga muri 1990.
11 December 2023 Yasuwe: 963 0

Depite Mukabalisa yegukanye umudali wa zahabu mu mikino iri guhuza abadepite bo muri EAC

Depite Mukabalisa Germaine yegukanye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 400 mu mikino ihuza Inteko zishinga Amategeko z’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC).
11 December 2023 Yasuwe: 2487 0

KNC yatangiye kwirukana ahereye ku bakinnyi

Nyuma y’iminsi mike asezeranyije impinduka muri Gasogi United,KNC yatangiye kwirukana abakinnyi batatanze umusaruro aho kuri uyu wa mbere hagiye babiri.
11 December 2023 Yasuwe: 2234 0

Habaye Tombola y’uko amakipe azahura mu gikombe cy’Amahoro

Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2023 nibwo FERWAFA yatangaje Tombola y’uko amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’amahoro 2024.
11 December 2023 Yasuwe: 2740 0

APR FC yatsinze Amagaju FC isoza imikino ibanza iyoboye Shampiyona

Ikipe ya APR FC yatsinze Amagaju FC ibitego 3-1 mu mukino wabereye i Huye, isoza imikino 15 ibanza iyoboye Shampiyona n’amanota 33.
11 December 2023 Yasuwe: 977 0

Umusifuzi yateye icyuma umukinnyi wanengaga imisifurire ye

Hakomeje gukwirakwira amashusho agaragaza umusifuzi w’umupira w’amaguru bivugwa ko yakuye icyuma mu mufuka w’imyenda ye, agitera umukinnyi wari uje kumusagarira mu mukino.
11 December 2023 Yasuwe: 2290 0