skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Museveni yemeje ko bishe ibyihebe 200 mu kwezi kumwe

Kuri wa gatatu,tariki ya 13 Ukuboza,Perezida wa Uganda yavuze ko nibura ibyihebe 200 bya ADF, bifatanya n’umutwe wiyise Leta ya Kisilamu byiciwe mu bitero by’indege byakozwe na Uganda muri Nzeri.
14 December 2023 Yasuwe: 630 0

Perezida Ruto yakuyeho VIZA ku batuye isi bose bashaka kwerekeza muri Kenya

Umukuru w’igihugu cya Kenya,William Ruto,yatangaje ko kuva mu kwezi kwa Mbere 2024 nta mugenzi n’umwe wo ku isi uzongera kwakwa Visa yo kwinjira mu gihugu ayoboye.
14 December 2023 Yasuwe: 1029 0

Gasabo: Polisi yafatanye abagabo amacupa arenga 4000 ya Mukorogo

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, yafatiye mu Karere ka Gasabo abagabo batatu bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yangiza uruhu azwi nka...
14 December 2023 Yasuwe: 798 0

Umukire yashyize hanze amafoto y’abakobwa basaga 200 avuga ko yasambanye nabo

Umunya Nigeria, Francis Van Lare yakoze agashya ubwo yizihizaga isabukuru ye y’imyaka 70,ashyira hanze amazina n’amafoto y’abakobwa bamaze kuryamana guhera mu mwaka w’ 1970.
14 December 2023 Yasuwe: 4074 0

Amakipe 16 yakomeje muri 1/16 cya UEFA Champions League yamenyekanye

Ikipe ya PSG na Porto nizo zinjiye bwa nyuma mu mikino ya 1/16 cya UEFA Champions League mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu.tariki ya 13 Ukuboza 2023.
14 December 2023 Yasuwe: 1524 0

Myugariro mushya wa Arsenal yasuye u Rwanda [AMAFOTO]

Myugariro wa Arsenal n’ikipe y’Igihugu y’u Buholandi “Jurriën Timber” yageze mu Rwanda muri gahunda yo kurusura ya Visit Rwanda .
14 December 2023 Yasuwe: 1132 0

Umugore washinjwaga kwica abana be yagizwe umwere nyuma y’imyaka myinshi afunzwe

Umugore wigeze kwitwa “Umubyeyi mubi kurusha abandi muri Australia” yahanaguweho ibyaha yari yarahamijwe byo kwica abana be bane.
14 December 2023 Yasuwe: 1671 0

Rayon Sports igiye gutoranya Umutoza umwe muri 30 bayisabye akazi

Ikipe ya Rayon Sports igiye gutoranya Umutoza umwe muri 30 bayisabye akazi kugira ngo ayibere umutoza mukuru wunganira Mohamed Wade utarahiriwe.
13 December 2023 Yasuwe: 2316 0

Hamenyekanye amakuru mashya ku rubanza rwa Kabuga

Urugereko rw’i La Haye mu Buholandi rwaburanishaga Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwabwiwe ko hari intambwe imaze guterwa mu gushaka igihugu azarekurirwamo...
13 December 2023 Yasuwe: 3511 0

Karasira yavuze ijambo ryababaje urukiko ruhita rumuha gasopo

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru mu Rwanda rwakomeje kumva mu mizi urubanza ruregwamo Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri kaminuza.
13 December 2023 Yasuwe: 4735 0