skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Ruto yanze ubusabe bwa RDC bwo gufunga Nangaa

Perezida wa Kenya, William Ruto yashwishurije Leta ya RDC yari yasabye ko Corneille Nangaa uherutse gushinga ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi atabwa muri yombi.
17 December 2023 Yasuwe: 1464 0

Kenya yitandukanyije n’abashaka guhungabanya umutekano wa RDC

Igihugu cya Kenya cyatangaje ko ’cyitandukanyije n’ibikorwa byahungabanya’umutekano wa RD Congo,nyuma y’aho Corneille Nangaa utavuga rumwe na Perezida Tshisekedi yemeje ko yashinze ihuriro rifite...
17 December 2023 Yasuwe: 1343 0

Indege ya Kenya Airways yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege i Kanombe

Indege ya Kenya Airways yagombaga kugwa i Kigali ahagana saa mbili za mu gitondo uyu munsi yageze mu kirere cya Kigali igerageza kururuka inshuro ebyiri biranga maze isubira i Nairobi igwayo neza...
17 December 2023 Yasuwe: 5947 0

Perezida Ruto avuga ko yaboneye akazi Abanya-Kenya 2,500 muri Saudi Arabia

Perezida wa Kenya William Ruto avuga ko iki gihugu cyageze ku masezerano yo kohereza abakozi muri Saudi Arabia (Arabie Saoudite).
17 December 2023 Yasuwe: 679 0

Bruce Melodie yahishuye impamvu atakwamamaza indirimbo nshya ya The Ben

Umuhanzi Bruce Melodie uri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu bitaramo no kwamamaza ‘When She’s Around’, yakoranye na Shaggy,yavuze ko atakwamamaza indirimbo ya The Ben kuko ngo nawe atamamaza...
17 December 2023 Yasuwe: 2111 0

Umukandida Depite wo mu ishyaka rya Tshisekedi yishwe arashwe

Umwe mu bakandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’epfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yiciwe mu mujyi wa Uvira,kuwa 15 Ukuboza.
17 December 2023 Yasuwe: 2535 0

The Ben yahishuye umuntu witabiriye ubukwe bwe bikamunezeza cyane

Umuhanzi The Ben yatangaje ko ubukwe bwe n’umukunzi we Uwicyeza Pamella bwagenze neza ku buryo atabikekaga ariko yishimiye cyane ko Nyirakuru yabutashye nyuma y’iminsi yari arwaye cyane.
17 December 2023 Yasuwe: 5345 0

DR Congo yahamagaje ambasaderi wayo muri Kenya na EAC nyuma y’ishingwa ry’umutwe uyirwanya

Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko yahamagaje ambasaderi wayo muri Kenya ngo bagirane ibiganiro, nyuma yuko muri Kenya hashingiwe umutwe witwaje intwaro urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.
17 December 2023 Yasuwe: 1271 0

#PL: Kapiteni wa Luton Town yaguye mu kibuga bituma umukino usubikwa/Man City ikomeje guhunga igikombe

Kapiteni wa Luton Town, Tom Lockyer yagaruye ubwenge nyuma yo kugwa mu kibuga mu mukino wa Premier League wabahuzaga na Bournemouth,waje no gusubikwa utarangiye.
16 December 2023 Yasuwe: 2863 0

Ukraine yigambye guhanura drones nyinshi Uburusiya bwohereje ku butaka bwayo

Kuri uyu wa gatandatu, Uburusiya bwiriwe bugaba ibitero by’utudege tutagira abadereva tuzwi nka Drone ku butaka bwa Ukraine.
16 December 2023 Yasuwe: 1457 0