skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Rubavu: Ikamyo yakoze impanuka ifunga umuhanda wose

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero mu Kagari ka Rwaza, umudugudu wa Rwaza ahitwa kwa Gacukiro, kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, habereye impanuka y’imodoka yabirindutse ifunga...
15 December 2023 Yasuwe: 3166 0

Caicedo yahishuye impamvu yanze kujya muri Liverpool yamutanzeho akayabo

Umunya Ecuador,Moises Caicedo yashimangiye ko "bitari gushoboka" kuterekeza muri Chelsea - nubwo Liverpool yatanze akayabo ku munsi wa nyuma hafi yo kumwegukana.
15 December 2023 Yasuwe: 1363 0

Umujyi wa Kigali wabonye umuyobozi mushya usimbura Rubingisa

Dusengiyumva Samuel ni we utorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali,mu matora yabaye uyu munsi tariki 15 Ukuboza mu 2023. Asimbuye Pudence Rubingisa wagizwe Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba.
15 December 2023 Yasuwe: 2798 0

RDC: Umunyapolitiki ukomeye yashinze ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ririmo na M23

Uwahoze ari Perezida wa komisiyo yigenga ishinzwe amatora yigenga muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (CENI) , Corneille Nangaa,wari umuyobozi w’ishyaka "Action pour la Dignité du Congo et de...
15 December 2023 Yasuwe: 2777 0

Perezida w’ikipe uheruka gukubitira umusifuzi mu kibuga yahawe igihano gikomeye

Perezida wa ANKARAGUCU, Faruk Koca, yahagaritswe ubuzima bwe bwose mu mupira w’amaguru kubera igipfunsi yakubise umusifuzi Halil Umut Meler.
15 December 2023 Yasuwe: 1992 0

Amissi Cedric agiye kugaruka muri Rayon Sports nyuma y’imyaka 10

Rutahizamu Amissi Cedric wakunzwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports agiye kuyigarukamo mu gice cya kabiri cya shampiyona y’uyu mwaka wa 2023/2024.
15 December 2023 Yasuwe: 1930 0

Uwabaye kapiteni wa Westham ahembwa akayabo yarakenye ananirwa no kwigurira ama inite

Umugabo wahoze akina muri Premier League,ahembwa 40.000 buri cyumweru yarakennye cyane ndetse kugeza ubu ngo ntashobora no kwishyura ama inite ya telefone.
15 December 2023 Yasuwe: 2463 0

Abarundi 2890 bafungiwe muri Tanzania mu mezi atarenze arindwi

Abayobozi b’intara zihana imbibi n’igihugu cya Tanzaniya barashinja bamwe mu banya Tanzaniya ko bahohotera Abarundi bajya gusabayo akazi abandi bakabaka ruswa cyangwa bagakora ntibahembwe.
15 December 2023 Yasuwe: 614 0

Icyo myugariro Timber yavuze ku kuba yasuye u Rwanda

Myugariro wa Arsenal FC, Jurrien Timber, ubu uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu,yasobanuye ko ari ikintu "gitangaje" kandi "gishimishije".
15 December 2023 Yasuwe: 910 0

Karongi: Bafashe abasore bibye ibitoki babategeka kubihekenya ari bibisi

Mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi haravugwa inkuru y’abasore babiri bafatanywe ibitoki bibye bagategekwa kubihekenya ari bibisi.
15 December 2023 Yasuwe: 1432 0