skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

M23 irashinja Guverinoma ya Kongo gufunga imihanda y’ingenzi ngo abaturage bahangayike

Umutwe wa M23 wamaganye gukomeza gufunga imihanda minini ifasha ubuhahirane ihuza Goma-Rutshuru na Goma-Masisi bikozwe n’ongabo za guverinoma ya DR Congo.
9 December 2023 Yasuwe: 2543 0

Mauricio Pochettino yahishuye ikintu kimuhangayikishije cyane muri Chelsea

Umutoza w’ikipe ya Chelsea muri Premier League, Mauricio Pochettino, yatangaje ko Chelsea ikeneye guhangana n’andi makipe by’umwihariko ku mipira yo mu kirere kandi ikirinda gutsindwa ku mipira...
9 December 2023 Yasuwe: 1200 0

Perezida Kagame yavuze icyo yateguriye abuzukuru be mu minsi mikuru isoza umwaka

Perezida Kagame yavuze ko mu minsi mikuru isoza umwaka igiye kuza,azaba ari kumwe n’umuryango we ndetse bakishimisha.
9 December 2023 Yasuwe: 4379 0

APR FC yagarutse mu bihe byiza inyagira Gorilla FC

Ikipe ya APR FC yanyagiye Gorilla FC ibitego 4-1,biyifasha kongera kugaruka mu bihe byiza no gushimangira umwanya wa mbere, nyuma y’imikino 2 yari ishize inganya.
8 December 2023 Yasuwe: 1460 0

Gen Bunyoni yakatiwe igifungo cya burundu agenda akubita agatoki ku kandi

General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Uburundi yakatiwe gufungwa ubuzima bwose [burundu] n’urukiko rw’ikirenga.
8 December 2023 Yasuwe: 3022 0

Ibitaro bya Nyarugenge byavuze ku musekirite wagaragaye arwana n’umurwaza

Ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyarugenge bwatangaje ko bwitandukanyije n’umukozi ushinzwe umutekano mu Bitaro by’Akarere ka Nyarugenge wagaragaye arwana n’umurwaza bapfa ko yanze ko yinjira ngo ajye...
13 November 2023 Yasuwe: 1528 0

IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yagiranye ibihe byiza n’umwuzukuru we muto

Perezida Kagame yavuze ko yishimiye umugoroba yagiranye n’umwuzukuru we witwa Amalia Agwize Ndengeyingoma.
13 November 2023 Yasuwe: 2616 0

Impinja n’abarwayi bari gupfira mu bitaro bikuru bya Gaza byafunzwe n’intambara

Ku cyumweru, OMS yavuze ko ibitaro bya Al-Shifa byo mu Mujyi wa Gaza - binini muri ako karere kuko bifite ibitanda 700 - byahagaritse gukora kandi ko ibiri kubera imbere "biteye ubwoba kandi...
13 November 2023 Yasuwe: 1003 0

Umunyamerikakazi wamenyekanye muri ruhago yavuze ko nta Mana ibaho kubera ko yavunitse

Umukinnyi w’umupira w’amaguru muri Amerika, Megan Rapinoe, yakoze ibishoboka byose kugira ngo yishimire umukino we wa nyuma nk’uwabigize umwuga,ariko imvune yatumye asoza ruhago mu marira menshi.
13 November 2023 Yasuwe: 1262 0

Abakinnyi babiri batanga icyizere bakuwe mu Mavubi azakina na Zimbabwe

Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Mugunga Yves na Iradukunda Elie Tatou ukina hagati afasha abataha izamu muri Mukura VS basezerewe mu Amavubi yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi u...
13 November 2023 Yasuwe: 2101 0