skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Sylvester Stallone wamenyekanye nka Rambo ari mu nkiko akekwaho gusambanya ku ngufu umugore

Umukinnyi wa filimi wamenyekanye cyane ku isi Sylvester Stallone ariko azwi ku tubyiniriro nka Rambo,Rocky n’utundi,ari mu nkiko aho akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umugore mu myaka ya za 90.
14 June 2018 Yasuwe: 983 0

Arsenal izakira Manchester City ku mukino w’umunsi wa mbere wa Premier League 2018-2019

Mu kanya gashize nibwo abashinzwe gutegura imikino ya shampiyona y’Ubwongereza ya ruhago ikunzwe kurusha izindi ku isi ,Premier League 2018-2019,aho ikipe ya Arsenal igomba gucakirana na Manchester...
14 June 2018 Yasuwe: 574 0

Bimwe mu byo ukwiriye kumenya ku makipe ari mu itsinda A mu gikombe cy’isi

Kuri uyu wa Kane nibwo haratangira imikino y’Igikombe cy’isi 2018,aho ikipe y’Uburusiya yakiriye iki gikombe irahura na Saudi Arabia ku kibuga cya Luzhniki giherereye mu mujyi wa Moscow.
14 June 2018 Yasuwe: 705 0

Abarimu bataye akazi bajya gusambanyiriza abana bato bigishaga muri lodge

Abarimu 2 b’inkundamugayo bo mu ntara ya Kisii muri Keny bari guhigwa bukware na polisi yo muri iki gihugu bazira guta akazi kabo bagasohokana abanyeshuli bigisha batarageza ku myaka yubukure muri...
14 June 2018 Yasuwe: 3898 0

Umugore yatwitse umwana we bikabije amuhoye kurya igihe kitageze

Umugore wo muri Kenya yatwitse umwana we w’umuhungu w’imyaka 12 amuhoye ko yavuye ku ishuli agahita arya ibiryo yari yatetse ateganya ko baza kubirya mu masaha ya nijoro.
14 June 2018 Yasuwe: 1344 1

FERWACY yatangaje inzira Tour du Rwanda 2018 izacamo zirimo izizakoreshwa bwa mbere

FERWACY imaze gutangaza inzira Tour du Rwanda 2018 aho iri siganwa mpuzamahanga ngaruka mwaka rigiye kuba ku nshuro ya 10 rizatangira Tariki ya 5 Kanama risozwe tariki ya 12 Kanama 2018, ryajemo...
13 June 2018 Yasuwe: 1262 0

Umugore wari warabaswe no gukora imibonano mpuzabitsina yavuze ukuntu yari yarasaze ashaka abagabo basambana

Umugore witwa Karin Jones w’imyaka 49 yatangaje ko yabaswe no gukora imibonano mpuzabitsinaubwo yari ageze igihe cyo gucura, ndetse buri munsi yasambanaga n’abagabo barenga 3 batandukanye kugeza...
13 June 2018 Yasuwe: 4760 1

Umupolisi yirukanwe ku kazi kubera gushaka guhohotera umugabo ushinzwe kuzimya umuriro wasambanyije umugore we

Umupolisi w’umwongereza yazabiranyijwe n’uburakari ubwo yamenyaga ko umugabo ushinzwe kuzimya umuriro yashutse umugore we babanaga mu buryo bwemewe n’amategeko, akamusambanyiriza muri...
13 June 2018 Yasuwe: 2045 0

Umukobwa wisigiraga ibirungo mu modoka yakoze impanuka agati yakoreshaga akijomba mu jisho [AMAFOTO]

Umukobwa ukomoka muri Thailand yahuye n’uruva gusenya ku munsi w’ejo hashize, ubwo yarimo yisigira ibirungo ku jisho mu modoka akoresheje agati,ikaza gukora impanuka akakijomba,ijisho rikangirika.
13 June 2018 Yasuwe: 4124 0

Fabregas yasomanye n’umugore we umurusha imyaka 12 mu buryo budasanzwe [amafoto]

Umukinnyi wa Chelsea Cesc Fabregas yatungaye benshi kubera amafoto yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga ari gusomana n’umugore we Daniella Semaan umurusha imyaka 12, ku mucanga.
13 June 2018 Yasuwe: 2122 0