skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Reba uburanga bwa Kate Upton watowe nk’umukobwa ukurura abagabo kurusha abandi ku isi muri 2018 [AMAFOTO]

Umunyamideli akaba n’umukinnyi wa filimi w’umunyamerika Katherine Elizabeth Upton w’imyaka 26 uherutse gutorwa nk’umukobwa ukurura abagabo kurusha abandi bose muri 2018 n’ikinyamakuru gikomeye...
11 June 2018 Yasuwe: 2631 0

Messi yatangaje igitego cyamushimishije kurusha ibindi mu byo yatsinze

Kabuhariwe Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentina yatangaje ko igitego yatsinze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League bahuye na Manchester United mu mwaka...
11 June 2018 Yasuwe: 2463 0

Amakipe abakinnyi,n’Abatoza bakoze udushya mu mikino y’igikombe cy’isi

Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
11 June 2018 Yasuwe: 1687 0

Umwarimukazi yatawe muri yombi kubera gusambana n’umunyeshuli w’imyaka 15 akanamwoherereza amafoto yambaye ubusa atwite

Abarimukazi bo muri USA bakomeje gukora udushya, kuko uwitwa Katherine Harper wigishaga mu kigo cyitwa Tidwell Middle School cyo muri Texas yakatiwe igifungo cy’imyaka 10, nyuma yo guhamwa...
11 June 2018 Yasuwe: 2985 0

Beyonce na Jay Z bashyize hanze amafoto bambaye ubusa bari mu gitanda [AMAFOTO]

Ibyamamare mu muzika wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Jay-Z n’umugore we Beyonce batunguye benshi kubera amafoto bashyize hanze bambaye ubusa mu rwego rwo kwamamaza ibitaramo bari gukora.
11 June 2018 Yasuwe: 5277 0

Abagore basaga ibihumbi 2500 bifotoje bambaye ubusa mu rwego rwo gukusanya amafaranga yo kurwanya kanseri [AMAFOTO]

Bwa mbere mu mateka abagore bo muri Ireland baciye agahigo kuba abantu benshi bahuriye hamwe bambaye ubusa aho abagera ku bihumbi 2500 bagaragaye ku mucanga w’ahitwa Magheramore bambaye ubusa buri...
11 June 2018 Yasuwe: 5145 0

Umukinnyi w’Umurusiya yavuze ko azavuna Mohamed Salah nkuko Ramos yabigenje

Umukinnyi w’Umurusiya ukina yugarira witwa Ilya Kutepov yabwiye abanyamakuru ko nta buryo bwo guhagarika rutahizamu Mohamed Salah bazahura mu gikombe cy’isi uretse gukora nk’ibyo Sergio Ramos...
11 June 2018 Yasuwe: 2065 0

APR FC inaniwe gutsinda Police FC bifasha AS Kigali kuguma ku mwanya wa mbere

Mu mukino w’ikirarane wari witezwe na benshi,ikipe ya APR FC yishyuye Police FC igitego yari yayitsinze mu gice cya mbere bigoranye,amakipe yombi anganya igitego 1-1.
10 June 2018 Yasuwe: 2193 0

Umusore wambikiye impeta umukunzi we hagati y’ingona yatunguye benshi [AMAFOTO]

Benshi mu basore baterera ivi ahantu hisanzuye ndetse hari umutekano ariko umusore witwa Michael Beltrami w’imyaka 33 yakoze agashya ubwo yamanura umukunzi we mu kantu kameze nk’ikigega...
10 June 2018 Yasuwe: 4623 0

Donald Trump na Kim Jong Un bamaze kugera muri Singapore hazabera umuhuro w’amateka wabo bombi

Perezida wa USA Donald Trump na Kim Jong Un, bari basanzwe barebana ay’ingwe, bamaze kugera mu gihugu cya Singapore aho bagiye gukorera inama y’amateka igamije kureba uko Koreya ya ruguru...
10 June 2018 Yasuwe: 2337 0