skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umupfubuzi yatangaje umubare w’abagore amaze gusambanya benshi barumirwa

Umupfubuzi witwa Seani Love, w’imyaka 48 ukomoka mu Bwongereza,yatangaje ko adateganya guhagarika akazi ke ko gupfubura kamuhesha akayabo ndetse kamaze kumufasha gusambana n’abagore barenga 1,000...
10 June 2018 Yasuwe: 12344 0

Umukobwa yateye indobo umukinnyi wa Everton kugira ngo ajye mu marushanwa y’urukundo aberamo n’ubusambanyi [AMAFOTO]

Umukobwa w’Umwongereza witwa Meg Taylor-Lilley w’imyaka 21 usanzwe ari umunyamideli,yateye indobo rutahizamu wa Everton, Dominic Calvert-Lewin kugira ngo ajye mu marushanwa y’urukundo aba arimo...
10 June 2018 Yasuwe: 4114 0

Umwarimukazi yatawe muri yombi kubera gusambana n’umunyeshuli we

Umwarimukazi witwa Kayla Sprinkles w’imyaka 26,wigisha ku kigo kimwe cyo muri Carolina y’Amajyaruguru muri USA,yatawe muri yombi azira gusambana n’umunyeshuli yigishaga w’imyaka 16.
10 June 2018 Yasuwe: 3084 0

Umukobwa yakoreye akayabo k’amadolari kubera amafoto yifotoje yambaye ubusa [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Megan Barton Hanson usanzwe ari umunyamideli yatangaje ko kugurisha amafoto ye yambaye ubusa byamuhesheje akayabo k’amafaranga menshi.
10 June 2018 Yasuwe: 5551 0

Mohamed Salah yavuze kuri Ramos wamuvunye ukuboko ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool Mohamed Salah yatangaje ko nyuma y’umukino wa nyuma wa UEFA Champions League batsinzwemo na Real Madrid ibitego 3-1,Sergio Ramos wamuvunyeku munota wa 29 ntarangize...
9 June 2018 Yasuwe: 8799 0

Uganda: Umudepite wihagaritse kuri Minisiteri yarashwe n’ abagizi ba nabi

Umudepite w’Umugande witwa Ibrahim Abiriga wari uhagarariye Umujyi wa Arua mu nteko ishinga amategeko, yaraye arasiwe hafi y’urugo rwe i Matugga mu Karere ka Wakiso n’abagizi ba nabi bagenderaga...
9 June 2018 Yasuwe: 3191 0

Rita Ora yambaye ubusa imbere y’umukunzi we na rubanda rwari aho bari basohokeye [AMAFOTO]

Umuhanzikazi w’Umwongereza Rita Ora yatunguye benshi ubwo yambariraga ubusa imbere y’umukunzi we Andrew Watt ndetse n’abantu bari kumwe ku mucanga w’ahitwa Tuscany mu Butaliyani bamaze iminsi...
9 June 2018 Yasuwe: 3270 0

Uwizeyimana yatwaye agace ka Rwanda Cycling Cup kahariwe kwibuka Abatutsi abazize Jenoside

Kabuhariwe Bonaventure Uwizeyimana uherutse kwegukana Tour du Cameroon,yakomereje ibirori bye muri Rwanda Cycling Cup aho uyu munsi yanikiye bagenzi be akegukana agace kahariwe kwibuka Jenoside...
9 June 2018 Yasuwe: 708 0

Umwana w’uruhinja wahambwe n’ababyeyi be bazi ko yapfuye yasanzwe ari muzima nyuma y’amasaha 8 ahambwe

Umwana w’uruhinja wahambwe n’ababyeyi be bazi ko yapfuye,yatabawe na polisi yaje kureba umurambo we igasanga ari muzima nyuma y’amasaha 8 ahambwe.
9 June 2018 Yasuwe: 3927 0

Umwana w’imyaka 8 yakubiswe ndetse ategekwa kurya umwanda na nyina kugeza apfuye

Umugore witwa Pearl Fernandez yakatiwe igifungo cya burundu kubera iyicarubozo yakoreye umwana we w’umuhungu w’imyaka 8 witwa Gabriel Fernandez ,bikagera ubwo amwica.
9 June 2018 Yasuwe: 1767 0