skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

KNC utemera ko AS Kigali yatwara igikombe cya shampiyona yatanze isezerano ritangaje niramuka igitwaye

Umuhanzi Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC, nyiri Radio1 na Tv1 n’ikipe ya ruhago izwi nka Unity,yabwiye abagabo barimo basangira agasembuye ko AS Kigali itatwara igikombe cya shampiyona uyu...
9 June 2018 Yasuwe: 1947 0

Rayon Sports yatangiye kurambagiza abakinnyi bashya nyuma yo kwitwara nabi muri shampiyona

Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza abakinnyi bo kuzayifasha mu mwaka w’imikino utaha nyuma yo kutitwara neza muri shampiyona ndetse bishobora gutuma idasohoka mu mwaka w’imikino utaha.
9 June 2018 Yasuwe: 7663 4

Gorden State Warriors yatsinze Cleveland Cavaliers imikino 4 idakoramo iyitwara igikombe cya NBA

Ubumwe bwa Stephen Curry,Kevin Durant na Klay Thompson bwongeye gufasha ikipe ya Gorden states Warriors kwihaniza Cleveland Cavaliers igendera ku mukinnyi umwe Lebron James ,bayitwara igikombe cya...
9 June 2018 Yasuwe: 827 0

Rayon Sports inaniwe gutsinda Musanze FC abafana bongera kwikoma Minnaert

Ikipe ya Rayon Sports yongeye kubabaza abafana bayo, kuko inaniwe gutsinda Musanze FC bakanganya 0-0 kuri stade Ubworoherane ,bigatuma amahirwe yayo yo kwegukana igikombe akomeza kuyoyo burunduka.
8 June 2018 Yasuwe: 2835 0

Rita Ora yafotowe yifashe ku myanya ye y’ibanga umukunzi we ari kumusoma ibirenge ubwo bari ku mucanga [AMAFOTO]

Umuhanzikazi Rita Ora yagaragaye ari gusomwa ibirenge n’umukunzi we witwa Andrew Watt ndetse amwe mu muri aya mafoto yamugaragaje yifashe ku myanya y’ibanga.
8 June 2018 Yasuwe: 3768 0

Umugore n’umugabo bagaragaye bari gusambanira ku mva y’umuntu ku manywa y’ihangu [AMAFOTO]

Umugabo n’umugore bakomoka mu mujyi wa Manchester mu Bwongereza, bafashwe amashusho bari gusambanira ku mva y’umuntu ku manywa y’ihangu,none yakwirakwiriye hirya no hino.
8 June 2018 Yasuwe: 5526 0

Umugore w’umwe mu bakinnyi ba Portugal yabagiriye inama yo kujya bikinisha mbere ya buri mukino w’igikombe cy’isi kugira ngo...

Umugore w’umunyezamu Rui Patricio w’ikipe y’igihugu ya Portugal witwa Vera Ribeiro,yagiriye inama umugabo we na bagenzi be barimo na Cristiano Ronaldo ko bagomba kujya bikinisha mbere ya buri...
8 June 2018 Yasuwe: 3481 0

Umujura yasanze umukecuru w’imyaka 90 mu buriri aramukubita amugira intere

Umukecuru w’imyaka 90 witwa Iris Warner ukomoka mu Bwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo umujura yamusangaga mu nzu ye aryamye akamukubita akamugira intere,yarangiza akamwiba akamucucura.
8 June 2018 Yasuwe: 1453 0

Abahanga mu binyabuzima batewe ubwoba n’ikinyamaswa kidasanzwe cyagaragaye bwa mbere muri Namibia [AMAFOTO]

Abahanga mu binyabuzima bakomeje guterwa ubwoba n’igisimba kimeze nk’ifi cyaigaragaye bwa mbere muri Namibia aho benshi bibaza niba ari Whale cyangwa niba ari igifi cyitwa Dolphin bikabayobera.
8 June 2018 Yasuwe: 7332 0

Umuhungu wa Cristiano Ronaldo yakoze ibitangaza imbere ya rubanda ruhita rwemeza ko azasimbura se [AMAFOTO]

Umwana wa Cristiano Ronaldo w’imyaka 7 Cristiano Junior,yaraye akoze ibitangaza ubwo yatsindaga ibitego 2 bisa neza neza nicyo se yatsinze Juventus agaramye,bituma benshi bemeza ko nta kabuza...
8 June 2018 Yasuwe: 7700 0