skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mariah Carey yavuze ko yoga amata mu rwego rwo gushaka ubwiza

Umuhanzikazi w’umunyamerika Mariah Carey yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko kugira ngo abe mwiza ndetse agire uruhu rwiza cyane yoga amata y’inka.
5 June 2018 Yasuwe: 2047 1

Umugabo yafashwe amashusho ari gukubita intare kambambili[AMAFOTO]

Ushinzwe kurinda inyamaswa witwa Oleg Zubkov ukomoka muri Ukraine yatunguye benshi mu batuye isi ubwo yafatwaga amashusho ari gukubita intare kambambiri ubwo zashakaga kwegera ba mukerarugendo.
5 June 2018 Yasuwe: 3441 0

Ingona yishe umupasiteri wabatirizaga abayoboke be mu kiyaga

Umupasiteri w’Umwangilikani witwa Docho Eshete ukomoka muri Ethiopia yahuye n’uruva gusenya ubwo yarimo abatiriza abayoboke be bashya mu kiyaga cya Abaya giherereye mu mujyi wa Arba Minch ingona...
5 June 2018 Yasuwe: 1850 0

Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe na Gor Mahia mu mikino ya CECAFA Kagame Cup

Kuri uyu wa kabiri nibwo habaye tombola y’uko amakipe azacakirana mu mikino ya CECAFA Kagame Cup yari imaze imyaka myinshi idakinwa,aho Rayon Sports izahagararira u Rwanda iri mu itsinda rimwe na...
5 June 2018 Yasuwe: 1051 0

Hazard na De Gea nibo ntandaro zo gusezera kwa Zidane muri Real Madrid

Ubwumvikane buke hagati ya Zinedine Zidane na perezida wa Real Madrid Florentino Perez ku byerekeye kugura abakinnyi 2 Eden Hazard na David De Gea nibwo bwatumye uyu mufaransa yegura ku kazi ko...
5 June 2018 Yasuwe: 4264 1

Yaya Toure yavuze ubugome yakorewe na Guardiola n’urwango rukabije yanga abirabura

Umukinnyi Yaya Toure uri mu beza Afurika yagize,yatangaje ko umutoza Pep Guardiola wa Manchester City yakiniraga mbere y’uko amasezerano ye arangira mu mwaka w’imikino ushize,afitiye urwango...
5 June 2018 Yasuwe: 1626 1

Umugabo yishe umuhungu we w’imyaka 9 amuhoye kwiba bombo

Umugabo witwa Graham Dillon ukomoka mu mujyi wa Canberra muri Australia yishe umwana we w’umuhungu wari ufite imyaka 9 amuhoye kwiba bombi z’agati (lollipop),byatumye akatirwa igifungo cy’imyaka 40.
5 June 2018 Yasuwe: 918 1

Umuhanzikazi yifotoje amafoto arimo n’agaragaza amabere ye [AMAFOTO]

Umuhanzikazi wa Perrie Edwards usanzwe ari umukunzi w’umukinnyi Alex Oxlade Chamberlain ukinira ikipe ya Liverpool yifotoje amafoto menshi yiganjemo ayo yambaye utwenda tw’imbere ndetse...
5 June 2018 Yasuwe: 1169 0

Ubwumvikane buke hagati ya Shassir n’umutoza Minnaert bwatumye ahitamo kwigendera

Rutahizamu Nahimana Shassir w’ikipe ya Rayon Sports Nahimana Shassir yahisemo kuva muri iyi kipe atabwiye ubuyobozi,kubera umubano mubi cyane afitanye n’umutoza Ivan Minnaert.
5 June 2018 Yasuwe: 4211 1

Byinshi ukwiriye kumenya kuri ba bakobwa b’impanga bavutse bafatanye bitabye Imana ku wa Gatandatu[AMAFOTO]

Benshi mu banya Tanzania barimo na perezida Magufuli bakomeje kugaragaza agahinda batewe n’urupfu rw’abakobwa b’impanga Maria na Consolata Mwakikuti bavutse bafatanye, bapfuye bafite imyaka 21...
4 June 2018 Yasuwe: 3788 0