skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mourinho yatangaje amagambo yatumye benshi bamwita umunyabwoba ruharwa

Umutoza w’ikipe ya Manchester United yibasiriwe n’abafana nyuma yo gutangaza ko umwaka w’imikino utaha ubuyobozi bwe nibudashora amafaranga ahagije ngo agure abakinnyi atazigera ahangana na...
17 March 2018 Yasuwe: 1769 0

Umuhanzikazi ukomeye mu Burusiya yafotowe ari gukorakora igitsina cy’umunyamakuru mu ruhame

Umuhanzi mu njyana ya Pop witwa Yulia Berg yafashwe ari gukorakora igitsina cy’umunyamakuru witwa Dmitry Torin ubwo bari mu birori byo kumurika imideli mu mugi wa Moscow. Uyu muhanzi yakorakoye...
17 March 2018 Yasuwe: 4856 0

Umugizi wa nabi wari umaze imyaka 30 yihisha ubutabera yatamajwe n’inkari ze

Umugabo witwa Eric McKenna ukomoka mu Bwongereza wari umaze imyaka 30 yihisha ubutabera kubera gufata ku ngufu abagore 2, yatamajwe n’inkari ze ubwo yihagarikaga mu ndabo nyirazo akajya kuzipima...
17 March 2018 Yasuwe: 2790 0

Reba Amafoto ya Cristiano Ronaldo ari kumwe n’abana be utarabona na rimwe

Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid Cristiano Ronaldo yashyize hanze aafoto ari kumwe n’abana be yakunzwe na benshi mu bafana be ndetse benshi bagira icyo bayavugaho ku mbuga nkoranyambaga. Uyu...
16 March 2018 Yasuwe: 8804 0

ISIS yasohoye amafoto y’abana bari gukubita imfungwa z’abanya Afghanistan[AMAFOTO]

Umutwe w’iterabwoba wo mu idini ya Islam Islamic State (ISIS)wasohoye amafoto n’amashusho yababaje benshi abana bawurimo bari guhohotera imfungwa Afghanistan. Aba bana b’abahungu bafite imyaka 7...
16 March 2018 Yasuwe: 3561 0

Uko amakipe azahura mu mikino ya ¼ cya Europa League byamenyekanye

Ikipe ya Arsenal izerekeza mu Burusiya guhura na CSKA Moscow mu mikino ya ¼ cya UEFA Europa League mu gihe Atletico Madrid ihabwa amahirwe yo kwegukana iki gikombe yatomboye Sporting CP yo muri...
16 March 2018 Yasuwe: 1562 0

Real Madrid itomboye Juventus, Liverpool itombora Manchester City mu mikino ya ¼ cya UEFA Champions...

Hamaze kumenyekana uko amakipe azahura mu mikino ya ¼ cya UEFA Champions League aho ikipe ya Real Madrid itomboye Juventus bahuye ku mukino wa nyuma wa Champions League mu kwezi kwa Kamena uyu...
16 March 2018 Yasuwe: 1184 0

Migi yatangaje byinshi ku mukino APR FC izahura na Djoliba AC

Kapiteni w’ikipe ya APR FC Mugiraneza Jean Baptiste yatangaje ko imyitozo bamaze iminsi bakora ndetse n’ubunararibonye bw’umutoza Petrovic bizabafasha gusezerera ikipe ya Djoliba AC yabatsinze...
16 March 2018 Yasuwe: 1050 0

Tchabalala niwe March Generation yahembye nk’umukinnyi witwaye neza muri Gashyantare

Shabani Hussein Tchabalala niwe mukinnyi watowe n’abatoza,abafana n’abayobozi ba Rayon Sports nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Gashyantare uhembwa n’itsinda ry’abafana ba Rayon Sports rya March...
16 March 2018 Yasuwe: 1253 0

Bakame umaze iminsi mu mvune yatangaje ko Rayon Sports igiye gukora amateka

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric Bakame yatangaje ko we na bagenzi be bagiye muri Afurika y’Epfo gukora amateka bakagera mu matsinda ya CAF Champions League y’uyu mwaka. Bakame...
16 March 2018 Yasuwe: 1575 2
0 | ... | 23420 | 23430 | 23440 | 23450 | 23460 | 23470 | 23480 | 23490 | 23500 | ... | 23980