skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ronaldinho yanyomoje ibyo kurongora abakobwa babiri

Kabuhariwe Ronaldinho yatunguye isi yose ubwo yanyomozaga amakuru yo gukorana ubukwe n’abakobwa 2 ku munsi umwe,aho yavuze ko we nta gahunda yo gushaka afite,azakomeza kwibera umuseribateri.
26 May 2018 Yasuwe: 1974 0

Byinshi ukwiriye kumenya kuri Livepool na Real Madrid zirakina uyu munsi

Umunsi wari utegerejwe na benshi wageze aho amakipe yahize ayandi mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo “UEFA Champions League” Real Madrid na Liverpool aracakirana uyu munsi kuri stade NSC...
26 May 2018 Yasuwe: 1053 0

AS Kigali inyagiye Bugesera biyifasha gusatira APR FC

Ikipe ya AS Kigali igaragaje ko igifite gahunda yo guhanganira igikombe cya shampiyona nyuma yo kunyagira Bugesera FC ibitego 4-0 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’u Rwanda “AZAM Rwanda...
25 May 2018 Yasuwe: 1723 0

Umwana w’imyaka 5 wameze amabere ku myaka 2,akajya mu mihango ku myaka 4, akaba agiye gucura,yatunguye benshi [AMAFOTO]

Umwana w’imyaka 5 witwa Emily Dover ,ukomoka muri Australia akomeje gutangaza isi yose kubera imihindagurikire y’umubiri we iri kuba byihuse,aho ku myaka 2 yameze amabere,ku myaka 4 ajya mu...
25 May 2018 Yasuwe: 6712 0

Umukobwa wifotoje amafoto y’urukozasoni yambaye imyenda ya gisirikare ari mu mazi abira [AMAFOTO]

Umukobwa ukomoka muri Taiwan utavuzwe amazina, ariko benshi bakemeza ko yigurisha,yakoze agashya ubwo yashyiraga hanze amafoto y’urukozasoni ndetse akurura abagabo yambaye ubusa byatumye...
25 May 2018 Yasuwe: 28015 5

Byinshi ukwiye kumenya ku bakobwa 2 babana mu nzu imwe bazashyingiranwa na Ronaldinho umunsi umwe[AMAFOTO]

Ku munsi w’ejo nibwo hasakaye ko kabuhariwe muri ruhago Ronaldinho Gaucho uzwi cyane mu gucenga cyane mu kibuga,azakora ubukwe n’ abakobwa babiri Priscilla Coelho na Beatriz Souza ku munsi umwe.
25 May 2018 Yasuwe: 5630 1

Reba amafoto ya bamwe mu bagore n’abakunzi b’abakinnyi ba Real Madrid na Liverpool bazashyigikira abagabo babo ku munsi w’ejo...

Ku munsi w’ejo nibwo kuri stade ya NSC Olimpiyskiy Stadium iherereye mu mugi wa Kiev muri Ukraine hategerejwe umukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzahuza Real Madrid na Liverpool ku i saa...
25 May 2018 Yasuwe: 5509 1

Amerika yatangaje ko yiteguye gutera Koreya ya ruguru mu minsi iri imbere

Ubuvugizi bw’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika bwavuze ko ingabo za Amerika ziteguye gutera igihugu cya Koreya y’Amajyaruguru, Kim Jung Un naramuka ahirahiye azamura ukuboko kwe ashaka...
25 May 2018 Yasuwe: 3371 1

Abagore 8 bashinje icyamamare mu gukina filimi Morgan Freeman kubakorakora ku ngufu

Icyamamare mu gukina filimi Morgan Freeman kirashinjwa n’abagore 8 barimo n’abimenyerezaga gukina filimi,ko cyabakorakoye ndetse kikababuza umudendezo aho umwe muri bo yavuze ko yagerageje kuzamura...
25 May 2018 Yasuwe: 1343 0

Mayweather yongeye kwifotoza afite akayabo k’ amadolari umukobwa ari kumukorakora[AMAFOTO]

Kabuhariwe mu iteramakofe Floyd Mayweather yongeye kwereka isi yose ko ari Mister Money,ubwo yiforeza mu nzu yicaye ku ntebe yuzuye amafaranga n’indi umukobwa ari kumukorakorera mu ndege ye agendamo.
25 May 2018 Yasuwe: 2191 0