skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Espagne n’Ububiligi birengagije abakinnyi bakomeye mu rutonde rwabo bazakoresha mu gikombe cy’isi

Amakipe y’ibihugu ya Espagne n’Ububiligi yamaze guhamagara abakinnyi bazitabaza mu gikombe cy’isi,nk’ibisanzwe amazina akomeye arasigara arimo Alvaro Morata, Hector Bellerin, Marcos Alonso,Cesc...
21 May 2018 Yasuwe: 2914 0

Ubusumbane ku gahimbazamusyi ka CAF CC niyo ntandaro nyamukuru y’umusaruro mubi wa Rayon Sports

Imwe mu mpamvu iri gutuma ikipe ya Rayon Sports iri kubura umusaruro muri iyi minsi, ni akavuyo kari mu buyobozi bwayo aho nyuma yo kubona itike yo gukina amatsinda ya CAF Confederations Cup bahaye...
21 May 2018 Yasuwe: 3696 4

Tchabalala yavuze ikintu gikomeye kiri gutuma Rayon Sports ititwara neza

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Shabani Hussein uzwi nka Tchabalala yatangaje ko bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports nta bushake bwo gutsinda bagaragaje ku munsi w’ejo byatumye banganya na...
21 May 2018 Yasuwe: 4644 1

Mourinho yikomye bikomeye Lukaku na Fellaini banze gukina ku mukino wa Chelsea FC

Umutoza w’ikipe ya Manchester United yikomye bamwe mu bakinnyi be barimo Romelu Lukaku na Marouane Fellaini banze gukina umukino wa nyuma wa FA CUP na Chelsea bakabeshya ko barwaye mu rwego rwo...
21 May 2018 Yasuwe: 1378 0

Minnaert yatangaje impamvu isekeje ituma Rayon Sports inanirwa Etincelles FC

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko impamvu ikomeye ituma Rayon Sports inanirwa gutsinda Etincelles FC buri gihe ari uko abasifuzi bayisifurira neza ndetse atishimira uko bayisifurira.
21 May 2018 Yasuwe: 2886 1

Sergio Ramos yasohoye indirimbo ya Rap yuzuyemo amagambo yo kwivuga ibigwi

Myugariro w’ikipe ya Real Madrid akaba na kapiteni wayo Sergio Ramos yasohoye indirimbo ya Hip Hop yitwa “SR4”ku wa Gatanu w’iki Cyumweru yibanda ku bigwig bye nk’umukinnyi wa ruhago.
21 May 2018 Yasuwe: 374 0

Uburyo Hazard yishimiyemo igikombe cya FA Cup bwatunguye benshi [AMAFOTO]

Umukinnyi Eden Hazard wa Chelsea yagaragaye ari kunywa itabi nyuma yo kwegukana igikombe cya FA Cup batsinze ikipe ya Manchester United igitego 1-0.
21 May 2018 Yasuwe: 1061 0

Rayon Sports yongeye gutakaza amanota imbere ya Etincelles FC

Ikipe ya Etincelles FC yongeye guhagama Rayon Sports banganya igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
20 May 2018 Yasuwe: 1534 0

ISIS yatangaje ko izibasira abafana ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League y’uyu mwaka

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State wavuze ko uzibasira abafana bazerekeza I Kiev kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid ku wa Gatandatu...
20 May 2018 Yasuwe: 1174 0

Umunyamideli yatangaje ukuntu Cristiano Ronaldo yamushukishije imbwa ze bikarangira baryamanye [AMAFOTO]

Umunyamideli witwa Amal Saber w’imyaka 28 ukomoka muri Morocco, yatangaje ko Cristiano Ronaldo yamusabye kujya kumwereka imbwa ze bagera iwe bikarangira baryamanye.
20 May 2018 Yasuwe: 5613 0