skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugore wabanaga n’ubumuga yatunguye benshi kubera akayabo k’amafaranga yasaruye mu gusabiriza mbere y’uko apfa

Umugore wabanaga n’ubumuga ndetse atunzwe no gusabiriza witwa Fatima Othman w’imyaka 52 yatunguye benshi mu batuye isi ubwo yitabaga Imana polisi yareba ku makonti ye igasanga yari umu miriyoneri.
20 May 2018 Yasuwe: 4647 0

Antonio Conte yatangaje benshi kubera amagambo yavuze nyuma yo gutwara FA Cup

Umutoza w’ikipe ya Chelsea FC Antonio Conte yavuze amagambo yatumye benshi bamufata nk’umwirasi ubwo yavugaga ko ari kabuhariwe mu gutsinda ndetse buri gihe akora akazi ke neza.
20 May 2018 Yasuwe: 3315 0

Ibyihebe byateze ibisasu bitatu muri stade yaberagamo umukino bihitana ubuzima bwa benshi

Ibyihebe byateze ibisasu 3 muri stade ya Cricket yitwa Jalalabad stadium yo muri Afghanistan,bihitana abantu 8,abarenga 45 barakomereka mu buryo bukomeye.
20 May 2018 Yasuwe: 2296 0

Imbwa yatangaje benshi kubera ibyo yakoreye shebuja yasinze

Imbwa yakoze ibintu bidasanzwe ubwo yabuzaga abantu kwegera shebuja wanyoye agasinda yarangiza akaryama mu muhanda rwagati.
20 May 2018 Yasuwe: 5284 0

Antonio Conte yatwaye FA Cup 2018 yiyunga n’abafana ba Chelsea FC [AMAFOTO]

Ikipe ya Chelsea yatsinze Manchester United igitego 1-0 ku muniko wa nyuma wa FA Cup, ibasha kurangiza umwaka w’imikino itwaye igikombe ,nyuma y’umwaka mubi yagize muri shampiyona watumye ibura...
19 May 2018 Yasuwe: 1612 0

Umukobwa yatunguye benshi kubera ikintu gikomeye yasabye umukunzi we wifuza ko bakora ubukwe

Umukobwa wo mu Bushinwa wakuze atarabona inyanja,yabwiye umukunzi we ko azemera ko bashyingiranwa naramuka amukuruye mu kigare (ishereti) akamugeza ku nyanja iri ku birometero ibihumbi 2 uvuye aho...
19 May 2018 Yasuwe: 7799 1

Igikomangoma Harry na Meghan Markle bakoze ubukwe bw’igitangaza [AMAFOTO]

Benshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa Gatandatu.
19 May 2018 Yasuwe: 4670 0

Lionel Messi yatunguye benshi kubera amagambo yavuze ashimagiza Real Madrid

Kabuhariwe Lionel Messi yatunguye benshi ubwo yavugaga ko ikipe ya Real Madrid ariyo kipe yonyine ishobora kubona umusaruro kabone n’ubwo yaba yaruhishijwe n’ikipe bahanganye.
19 May 2018 Yasuwe: 3567 0

Uburanga bwa bamwe mu bagore n’abakunzi b’abakinnyi ba Chelsea na Manchester United ziracakirana uyu munsi [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 19 Gicurasi nibwo hateganyijwe umukino wa nyuma wa FA Cup urahuza ikipe ya Chelsea FC na Manchester United ku kibuga Wembley ku I saa 18:15 ndetse benshi mu bakunzi...
19 May 2018 Yasuwe: 4240 0

Umunyeshuli yinjiye mu ishuli arasa bagenzi be n’abarimu

Umusore witwa Dimitrios Pagourtzis w’imyaka 17,ukomoka muri Santa Fe,Texas muri USA yinjiye mu ishuli afite imbunda arasa abanyeshuli 8 n’abarimu wabo,ahita yitanga kuri polisi.
19 May 2018 Yasuwe: 1591 0