skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Cuba:indege yakoze impanuka ihitana abarenga 100

Indege ya Boeing 737 yakoze impanuka ubwo yari imaze guhaguruka ku kibuga cy’indege cya Jose Marti International Airport giherereye mu mujyi wa Havana muri Cuba ihitana abagenzi 110 barimo n’aba...
19 May 2018 Yasuwe: 1037 0

Umukobwa yahitanywe n’igipfunyika cy’ikiyobyabwenge cya Cocaine yahishe mu kanwa

Umukobwa w’imyaka 19 witwa Georgia Cassidy ukomoka mu Bwongereza yahitanywe n’igipfunyika cy’ikiyobyabwenge cya Cocaine yahishe mu kanwa ubwo polisi yahagarikaga imodoka barimo ishaka gusaka.
18 May 2018 Yasuwe: 2343 0

Amwe mu makanzu y’abageni yatangaje benshi mu bayabonye [AMAFOTO]

Imyambarire y’abageni n’ikimwe mu bikurura abantu benshi muri iki gihe ndetse benshi baba bafite amatsiko menshi yo kureba cyangwa kumenya uko mu bukwe runaka abageni bambaye ndetse n’uruganda...
18 May 2018 Yasuwe: 7336 0

Umugore wateye umwana we w’imyaka 11 icyuma inshuro 70 yagaragaye mu rukiko ari guseka

Umugore witwa Taheerah Ahmad ukomoka muri USA w’imyaka 39 ushinjwa gutera umwana we w’umukobwa w’imyaka 11 icyuma inshuro 70 yarangiza akamukubita ipiki mu mutwe,yatunguye benshi kubera kugaragara...
18 May 2018 Yasuwe: 2725 0

Umugore w’umusirikare yagurishije umwana we abeshya umugabo ko yapfuye ari kuvuka

Umusirikare w’umunyamerika witwa Sgt Steven Garcia, w’imyaka 24 yabeshywe n’umugore we witwa Marina Garcia w’imyaka 31 ko yabyaye umwana agapfa kandi yaramugurishije inshuti ze zituye mu muri Texas.
18 May 2018 Yasuwe: 2053 1

Portugal yakuye abakinnyi 10 bayifashije gutwara Euro 2016 muri 23 izakoresha mu gikombe cy’isi

Abakinnyi 10 bari mu ikipe ya Portugal yatwaye Euro ya 2016,ntibahamagawe n’umutoza Fernando Santos ubwo yatangazaga 23 azitabaza mu gikombe cy’isi kigiye kubera mu Burusiya.
18 May 2018 Yasuwe: 3060 0

APR FC ishobora kongera gutwara Rayon Sports abakinnyi bakomeye

Ikipe ya APR FC ishobora gusahura ikipe ya Rayon Sports abakinnyi bakomeye ubwo isoko ryo kugura abakinnyi rizaba rifunguye,kugira ngo ibashe kugera kure mu mikino nyafurika yifuza kwerekezamo...
18 May 2018 Yasuwe: 18467 0

Deschamps yashyize hanze abakinnyi 23 azifashisha mu gikombe cy’isi batarimo amazina akomeye menshi

Umutoza w’ikipe y’Ubufaransa Didier Deschamps yatumye benshi bacika ururondogoro kubera abakinnyi 23 azakoresha mu gikombe cy’isi yatangaje batarimo Antony Martial wa Manchester United,Dimitri...
18 May 2018 Yasuwe: 1762 0

APR FC na AS Kigali zikomeje kwanikira Rayon Sports muri shampiyona

Ikipe ya AS Kigali na APR FC zatsinze imikino yazo kuri uyu wa Kane, zikomeza kwanikira mukeba wazo Rayon Sports ihugiye mu mikino ya CAF Confederations cup.
17 May 2018 Yasuwe: 1634 0

Umusore yakuwemo amaso n’umuryango we azira gushaka gushyingiranwa n’umukobwa badashaka

Umusore witwa Abdul Baqi ukomoka muri Pakistan yateraniwe n’abagize umuryango we bamukuramo amaso bakoresheje ikiyiko, kubera gushaka gushyingiranwa n’umukobwa badashaka.
17 May 2018 Yasuwe: 4346 1