skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Amafoto ya Firmino n’umugore we bari gusomanira ku bwato yaciye ibintu [Yarebe]

Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool n’umukunzi we Larissa Pereira bashyize hanze amafoto yaciye ibintu ndetse yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga bari gusomanira ku bwato,ubwo bari basohokeye ku mucanga...
17 May 2018 Yasuwe: 3886 0

Rooney agiye kugura inzu y’akataraboneka muri USA ituranye no kwa Obama [AMAFOTO]

Umukinnyi Wayne Rooney ukina mu ikipe ya Everton ashobora kuyivamo akerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho bivugwa ko agiye kugura inzu y’akataraboneka mu mugi wa Washington ituranye no kwa...
17 May 2018 Yasuwe: 3263 0

Umugabo yikase igitsina kubera fillimi y’urukozasoni yarebaga

Umugabo w’imyaka 30 ukomoka muri Thailand ari mu bitaro kubera kwikata igitsina ari kureba filimi y’urukozasoni kuri telefoni ye.
17 May 2018 Yasuwe: 3207 0

Umwana w’uwahoze ari perezida wa Zambia afungiwe kwiba telefoni

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye igifungo cy’amezi 8 Frederick Chiluba Jr,umwana w’uwahoze ari perezida w’iki gihugu Frederick Chiluba kubera kwiba telefoni ya Samsung S7 yarangiza akayigurisha...
17 May 2018 Yasuwe: 1848 0

Umuntu ukuze kurusha abandi bose yatangaje amagambo yatumye benshi batifuza kugeza ku myaka nk’iyo afite

Umukecuru ufatwa nk’ukuze kurursha abandi bantu boseku isi kubera imyaka 128 afite witwa Koku Istambulova,yavuze ko imyaka afite ayifata nk’igihano Imana yamuhaye kuko atigeze amara nibura umunsi...
17 May 2018 Yasuwe: 3121 0

ISIS yatangaje ko izaca Cristiano Ronaldo na Messi imitwe mu gikombe cy’isi

Mu mashusho umutwe w’iterabwoba wa ISIS washyize hanze,watangaje ko witeguye guca umutwe ibihangange mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo na Lionel Messi ubwo bazaba bari mu gikombe cy’isi.
17 May 2018 Yasuwe: 1980 0

Atletico Madrid yegukanye UEFA Europa League 2018 [AMAFOTO]

Ikipe ya Atletico Madrid niyo yegukanye UEFA Europa League y’uyu mwaka kuko itsinze Olympique de Marseille (OM) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Groupama mu mugi wa Lyon mu...
16 May 2018 Yasuwe: 1542 0

Rayon Sports inaniwe gutsinda Young Africans mu mukino wayoroheye

Ikipe ya Rayon Sports inaniwe gutsinda Young Africans mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D rya CAF Confederations Cup, yabonyemo amahirwe menshi imbere y’izamu ntiyayabyaza umusaruro,birangira...
16 May 2018 Yasuwe: 2646 0

Umusore watewe icyuma n’umukunzi we bari gutera akabariro yarahiye ko atazongera kwishora mu busambanyi

Umusore witwa Kieran Bewick w’imyaka 18 ukomoka muri Scotland watewe icyuma n’uwahoze ari umukunzi we mu mwaka ushize,yarahiye ko atazongera kwishora mu busambanyi nyuma yo kuvurwa agakira.
16 May 2018 Yasuwe: 4543 0

Ubwongereza bumaze gutangaza abakinnyi 23 buzitabaza mu gikombe cy’isi mu Burusiya

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Gareth Southgate amaze guhamagara abakinnyi 23 azitabaza mu gikombe cy’isi bagaragayemo gutungurana cyane kuko abasore bakomeye nka Jack Wilshere,Joe...
16 May 2018 Yasuwe: 1976 0