skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Byinshi wamenya ku muhanzikazi w’uburanga Dua Lipa waririmbye ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League 2018 [AMAFOTO]

Mbere y’umukino wa nyuma wahuje Real madrid na Liverpool,benshi mu bawukurikiye batangariye uburanga bw’umuhanzikazi w’umwongereza witwa Dua Lipa wasusurukije abantu yambaye neza cyane.
27 May 2018 Yasuwe: 2442 1

Unai Emery ugiye gutoza Arsenal yavuze ukuntu yabangamiwe bikomeye na Neymar

Umutoza mushya w’ikipe ya Arsenal Unai Emery,yatangaje ko nubwo yari umutoza wa Paris Saint Germain atigeze afata imyanzuro nk’umuyobozi,ahubwo Neymar ariwe wari umuyobozi wa PSG ndetse ntiyigeze...
27 May 2018 Yasuwe: 3937 0

Amagambo Cristiano Ronaldo yatangaje nyuma yo gutwara Champions League yateye impungenge abafana ba Real Madrid

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yatumye imitima y’abafana ba Real Madrid irara idatekanye ubwo yavugaga ko mu minsi iri imbere azatangaza ku hazaza he ndetse ari iby’igiciro kuba yarakiniye Real Madrid.
27 May 2018 Yasuwe: 6850 1

Minnaert yahishuye icyo we n’abakinnyi bagiye gukora kugira ngo Rayon Sports itware shampiyona

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minnaert yatangaje ko we n’abakinnyi bicaye bakaganira ndetse bemeranyije ko nta mukino n’umwe ikipe ya Rayon Sports izongera gutakaza mu 10 basigaranye.
27 May 2018 Yasuwe: 3551 0

Real Madrid yegukanye UEFA Champions League ku nshuro ya 13 [amafoto]

Ibifashijwemo na Gareth Bale winjiye mu kibuga asimbuye agahindura umukino ndetse n’amakosa akomeye y’umunyezamu Loris Karius,Real Madrid ibashije kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ku...
26 May 2018 Yasuwe: 1269 0

Umugabo wari urembye cyane yatashye ubukwe bw’umukobwa we ari mu kagare, burangiye arapfa bitungura benshi[AMAFOTO]

Umugabo witwa Tatay Rolly ukomoka muri Philippines wari urembeye mu bitaro kubera kanseri,yanze gusiba ubukwe bw’umukobwa we niko kubutaha arembye cyane ndetse ari gusunikwa mu kagare,ibirori...
26 May 2018 Yasuwe: 5129 0

Padiri yagaragaye ari gucuruza amafi kugira ngo hubakwe kiliziya[AMAFOTO]

Mu gihe benshi mu bavugabutumwa basigaye banyunyuza imitsi ya rubanda kugira ngo bigwizeho imitungo,padiri witwa Fr. Joel Silagpo wo muri Philippines we siko bimeze kuko yafotowe ari gucuruza amafi...
26 May 2018 Yasuwe: 3758 2

Umwana wavutse umutima we uri hanze y’umubiri we byashimishije benshi kuba agiye kuva mu bitaro [AMAFOTO]

Umwana witwa Vanellope Hope Wilkins ukomoka mu Bwongereza wavutse umutima uri hanze y’umubiri we ,yishimiwe na benshi kubera ko ari hafi gukira nyuma y’amezi 6 amaze aba mu bitaro yitabwaho...
26 May 2018 Yasuwe: 2684 0

Ibiyobyabwenge byatumye umusirikari afata ku ngufu umugore bahuriye mu gashyamba

Umugabo witwa Connor Brayley w’imyaka 24 usanzwe ari umusirikare,yanyoye ikiyobyabwenge cya Cocaine,gituma afata ku ngufu umugore w’abandi bahuriye mu gashamba ko hafi y’aho yarindaga.
26 May 2018 Yasuwe: 2136 0

Sergio Ramos yabwiye amagambo akomeye abagereranya Mohamed Salah na Cristiano Ronaldo na Messi

Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos yabwiye abantu bamaze iminsi bagereranya Mohamed Salah n’aba kabuhariwe Messi na Ronaldo ko bibeshya ndetse ari ikosa rikomeye bakoze.
26 May 2018 Yasuwe: 4463 0