skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kimenyi Yves n’umukunzi we batangaje igihe bazakorera ubukwe

Umuzamu w’ikipe ya AS Kigali Kimenyi Yves n’umukunzi we Uwase Muyango bamaze gutangaza amatariki ubukwe bwabo buzaberaho.
2 November 2023 Yasuwe: 2071 0

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we Samia Suluhu

Perezida Paul Kagame yahuye ndetse agirana ibiganiro na Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan n’itsinda bari kumwe mu Rwanda aho bitabiriye inama mpuzamahanga ku bukerarugendo n’ingendo ya...
2 November 2023 Yasuwe: 816 0

Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka 10 Shikama wamenyekanye muri dosiye ya ’Bannyahe’

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarungege rwahamije Shikama Jean de Dieu icyaha cyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi no gukurura amacakubiri, rumuhanisha igifungo cy’imyaka icumi n’ihazabu y’amafaranga...
2 November 2023 Yasuwe: 1917 0

Umukobwa yatambukije itangazo ryo kubenga umukunzi we kuri TV nini yo mu mujyi

Umugore utangaje witwa Sarah, yatumye abanyamaguru bacika ururondogoro nyuma yo gutangaza ko abenze umukunzi we umubeshya nyuma y’imyaka irindwi bakundana.
2 November 2023 Yasuwe: 2178 0

"Munyenyezi afite uburenganzira bwo kurega ubushinjacyaha gukoresha inyandiko mpimbano"-Urukiko

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwemeje ko Beatrice Munyenyezi afite uburenganzira bwo kuregera inyandiko mpimbano avuga ko yagaragaye muri dosiye ye nka kimwe mu bimenyetso bimushinja byatanzwe...
2 November 2023 Yasuwe: 1204 0

"Udashaka gutsinda APR FC azigumire i Rwamagana"-Meya Mbonyumuvunyi abwira abakinnyi ba Muhazi United

Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab,yabwiye abakinnyi b’ikipe ya Muhazi United ko bagomba gutsinda APR FC bazahura muri iki cyumweru muri shampiyona aho yageze aho asaba ufite...
2 November 2023 Yasuwe: 1041 0

Igitabo cya Britney Spears kiri kugurwa bikomeye kubera amabanga kirimo

Igitabo cyitwa The Woman in Me kivuga ku mibereho y’umuhanzi Britney Spears,kiri kugurwa cyane kuko mu cyumweru cyacyo cya mbere yagurishije kopi miliyoni 1,1 muri Amerika.
2 November 2023 Yasuwe: 1039 0

Urukiko rwaciye indezo ihambaye Asamoah Gyan wari wihakanye abana be

Uwahoze ari icyamamare muri Premier League, Asamoah Gyan, yategetswe guha uwahoze ari umugore we amazu abiri n’imodoka ebyiri - nyuma y’aho urukiko rwemeje ko ariwe wabyaye abana batatu bafitanye.
2 November 2023 Yasuwe: 1248 0

Umutoza wa Zimbabwe yatangiye gukanga Amavubi mbere y’uko bakina

Umutoza wa Zimbabwe Sunday "Mhofu" Chidzambwa,yatangaje ko bagomba gutsinda u Rwanda bagahesha ishema igihugu bahagarariye mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2026.
2 November 2023 Yasuwe: 1392 0

Hamenyekanye akayabo abahanzi bitabiriye Trace Awards bahawe

Ku wa 21 Ukwakira 2023, muri BK Arena hatangiwe ibihembo bya Trace Awards ku bahanzi bari baturutse mu mahanga yose bateraniye mu Rwanda.
2 November 2023 Yasuwe: 2040 0