skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Didier Drogba agiye kongera kugaruka mu Rwanda

Umunyabigwi muri Ruhago Didier Drogba ategerejwe mu Rwanda, aho azitabira Inama y’Ihuriro Mpuzamahanga y’Ubukerarugendo (World Travel & Tourism Council (WTTC) izamara iminsi itatu ibera i Kigali.
31 October 2023 Yasuwe: 1060 0

AS Kigali yatangaje amakuru mashya ku kubagwa kwa Kimenyi Yves

Umunyezamu Kimenyi Yves wa AS Kigali yabazwe neza,ku wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023 nkuko byatangajwe n’iyi kipe ye kuri uyu wa 31 Ukwakira.
31 October 2023 Yasuwe: 1561 0

M23 yatangiye kwihimura ku ngabo z’u Burundi ishinja gufatanya na FARDC

Umutwe w’inyeshyamba wa M23 wahagaritse imodoka yari igemuriye ibyo kurya ingabo za EACRF z’u Burundi ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo, mu mujyi wa...
31 October 2023 Yasuwe: 6118 0

Kaminuza y’ u Burundi yafatiye ingamba abize ubuganga bagiye mu Bufaransa badashaka kugaruka

Abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Burundi mu gice cy’ubuganga bagera kuri 28 barimo bandika ibitabo mu byo kuminuza bita ‘spécialité’ bagiye mu Bufaransa mu cyumweru gishize mu bikorwa byo...
31 October 2023 Yasuwe: 1494 0

Espagne: Kiliziya yasabye imbabazi kubera abihaye Imana bayo bahohoteye bishingiye ku gitsina abana 200.000

Abepiskopi bo muri Espagne basabye imbabazi ku wa mbere nyuma y’uko raporo ivuga ko abana barenga 200.000 bahohotewe n’abapadiri gatolika bo muri icyo gihugu kuva mu 1940.
31 October 2023 Yasuwe: 566 0

Ruhango: Umukuru w’umudugudu yiyahuye nyuma yo gufata umukobwa we asambana

Umukuru w’umudugudu wa Rebero wo mu kagari ka Gikoma,umurenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango, yagerageje kwiyahura nyuma yo gusanga umukobwa we arimo gusambana.
31 October 2023 Yasuwe: 3135 0

Umutoza Ten Hag yatangiye guhangana n’abakinnyi be

Umutoza wa Man United,Erik Ten Hag yatumye abakinnyi be bababara bucece ubwo yabategekaga guceceka bageze mu rwambariro ngo bumve uko mukeba wabo yishimira kubatsinda ibitego 3-0.
31 October 2023 Yasuwe: 1589 0

Lionel Messi yabwiye amagambo akomeye Haaland na Mbappe nyuma yo kubatsinda

Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu ya Argentina na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, yabwiye Erling Haaland na Kylian Mbappé ko nubwo yabatsinze uyu mwaka ariko bazatwara...
31 October 2023 Yasuwe: 1176 0

’Iki ni igihe cy’intambara’ – Netanyahu yemeje ko nta cyahagarika Isiraheli gutera Hamas

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko nta gahenge kagomba kubaho mu ntambara na Hamas, avuga ko iki ari "igihe cy’intambara".
31 October 2023 Yasuwe: 729 0

Lionel Messi yegukanye Ballon d’or ya munani ashimangira agahigo

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi, yegukanye Ballon d’Or ya 8 nyuma yo gutorwa nk’umukinnyi mwiza wahize abandi muri uyu mwaka mu bihembo bya France Football...
30 October 2023 Yasuwe: 831 0