skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

M23 ikomeje guhitana abacanshuro bazanwe na FARDC

Imirwano yahuje umutwe w’inyeshyamba wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo FARDC,kuwa 26 Ukwakira, yasize 7 mu bacanshuro b’Abazungu bahasize ubuzima, naho 4 barakomereka bikomeye mu ntambara yabereye...
28 October 2023 Yasuwe: 5761 0

Impamvu leta ya RDC ishaka ko ingabo za EAC ziyivira ku butaka

Ingabo z’umuryango wa Afrika y’Uburasirazuba zoherejwe guhagarika imirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zategetswe gutaha nyuma y’amezi 11 zitangiye ibikorwa.
28 October 2023 Yasuwe: 1300 0

Umuriro warogoye umukino Kiyovu Sports yanyagiyemo Etoile de l’Est

Umukino w’umunsi wa 9 Kiyovu Sports yakiriye ikipe yo mu burasirazubaya Etoile de l’Est,kuri Kigali Pele Stadium wahagaze kabiri kubera ibura ry’umuriro I Nyamirambo.
27 October 2023 Yasuwe: 1818 0

Kicukiro: Umujyi wa Kigali ugiye gukora inzira zihariye z’abakora siporo n’abanyamaguru

Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali hakomeje kubakwa ibikorwa remezo bifasha abatuye uyu mujyi kubona ahantu heza ho gukorera siporo.
27 October 2023 Yasuwe: 1394 0

Lolilo yibasiye abahanzi b’Abarundi bikomye abateguye Trace Awards 2023

Umunyabigwi mu muziki w’u Burundi n’Akarere muri rusange Lolilo Simba, yatangaje ko abahanzi bo mu Burundi badakwiye kwikoma abateguye Trace Awards 2023 kuko nta n’umwe ufite ubushobozi bwo...
27 October 2023 Yasuwe: 1461 0

Umukinnyi ukunzwe muri Basketball mu Rwanda yasezeranye mu mategeko

Visi kapiteni w’ikipe y’igihugu, akaba umukinnyi wa Patriots BBC , Ndizeye Ndayisaba Dieudonne’Gaston’, yambitse impeta umukunzi we, Karekezi Ruzindana Liliane.
27 October 2023 Yasuwe: 1835 0

Umujura yafashwe ari kwiba telefoni ahabwa igihano gitangaje

Hari amashusho akomeje guca ibintu kuri Tiktok aho abantu bafashe uwo bivugwa ko ari umujura bafashe amaze kubiba telefoni baramukubita bamugira intere hanyuma bamutegeka kujya mu mashusho abyina.
27 October 2023 Yasuwe: 3982 0

Amerika yarashe ku bigo byo muri Syria bikoreshwa n’imitwe ikorana na Iran

Amerika ivuga ko yagabye ibitero by’indege ku bubiko bubiri bw’intwaro n’amasasu mu burasirazuba bwa Syria, bukoreshwa n’umutwe wa Revolutionary Guards wo mu ngabo za Iran.
27 October 2023 Yasuwe: 1222 0

Niyigena Clement yahishuye icyafasha APR FC gutsinda Rayon Sports

Myugariro wa APR FC, Niyigena Clement, yavuze ko buri mukinnyi wese wa APR FC agomba gutanga ibyo afite byose kugira ngo bazatsinde Rayon Sports.
27 October 2023 Yasuwe: 1471 0

Leta y’u Rwanda yatabaye abakobwa 400 bari bagiye gucuruzwa hanze

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Ubutwererane bw’akarere, General (Rtd) James Kabarebe yatangaje ko muri uyu mwaka utararangira hamaze kugarurirwa mu nzira...
27 October 2023 Yasuwe: 1810 0