skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Sergio Ramos yahishuye amakipe abiri meza kurusha ayandi i Burayi ubu

Myugariro Sergio Ramos yirengagije ikipe ya Manchester City,mu makipe abiri meza muri Champions League.
27 October 2023 Yasuwe: 2187 0

Umuyobozi w’Itorero Inganzo Ngari yahitanwe n’uburwayi

Nzeyimana Alain wari Umuyobozi w’Itorero Inganzo Ngari yitabye Imana kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023 azize uburwayi .
27 October 2023 Yasuwe: 1498 0

Goma: Abaturage bafite ubwoba bwinshi kubera ingabo nyinshi bari kubona

Inyeshyamba za M23 zikomeje kwegera Umujyi wa Goma cyane ndetse birashoboka ko zishobora kuwufata mu minsi mike cyane.
27 October 2023 Yasuwe: 4981 0

Amerika ivuga ko Uburusiya buri kwica abasirikare babwo basubira inyuma

Ibiro bya Perezida w’Amerika - White House - bivuga ko Uburusiya burimo kwica abasirikare babwo bagerageza gusubira inyuma mu gitero gikaze cyo mu burasirazuba bwa Ukraine.
27 October 2023 Yasuwe: 1295 0

RGB yaburiye ababwirizabutumwa biba abaturage ’ko Imana itarya ruswa’

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere[RGB],Madamu Usta Kayitesi yaburiye abavugabutumwa barembeje rubanda ko amategeko atazabarebera izuba.
26 October 2023 Yasuwe: 1201 0

Urukiko rwemeje ko Apotre Yongwe afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Pasiteri Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kugirango iperereza rikomeze kandi abashe gucungirwa umutekano.
26 October 2023 Yasuwe: 961 0

Umukinnyi wa Newcastle yahawe igihano gikomeye kubera icyaha yakoze

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Newcastle witwa Sandro Tonali yahagaritswe amezi icumi nyuma y’iperereza ryakozwe rikagaragaza ko yijanditse mu byo gutega ku mikino.
26 October 2023 Yasuwe: 1665 0

Juvenal yahishuye ikintu gikomeye Kiyovu Sports ikwiye kwigira kuri Rayon Sports

Mvukiyehe Juvenal yavuze ko abayobozi bo muri Kiyovu Sports bakwiye kwicara bakigira byinshi kuri Rayon Sports n’abafana bayo.
26 October 2023 Yasuwe: 3388 0

Isiraheli yagabye ibitero kuri Hamas muri Gaza ikoresheje ibimodoka bikaze

Igisirikare cya Israel (IDF) cyagabye“igitero mu bice runaka” mu ijoro ryakeye mu burasirazuba bwa Gaza ikoresheke ibimodoka by’intambara( Chars/tanks).
26 October 2023 Yasuwe: 3116 0

Umusifuzi wikomwe n’abakunzi ba Rayon Sports niwe wahawe umukino wabo na APR FC

Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwanda, Twagirumukuzi Abdul Karim ni we wahawe kuzaca impaka ku mukino w’abakeba uhuza APR FC na Rayon Sports.
26 October 2023 Yasuwe: 1552 0