skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Urukiko rwategetse ko uwari Umunyamabanga mukuru wa FERWACY arekurwa by’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko uwahoze Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku Magare (FERWACY), Munyankindi Benoît arekurwa by’agateganyo.
30 October 2023 Yasuwe: 604 0

APR FC na Rayon Sports bahaye ubutumwa Kimenyi wavunitse bikomeye

Rayon Sports na APR FC zifurije Kimenyi Yves wazikiniye gukira vuba nyuma yo kugira imvune ikomeye akangirika amagufa abiri yo ku kuguru (tibia na péroné) ku mukino wahuje AS Kigali na Musanze FC.
30 October 2023 Yasuwe: 2786 0

Hahishuwe impamvu Shaiboub adakina muri APR FC kandi ameze neza

Umunya Sudani,Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman,ntiyagaragaye ku mukino ikipe ye ya APR FC yakinnyemo na Rayon Sports kandi ameze neza ndetse ngo n’ikibazo cy’umutoza utamukinisha.
30 October 2023 Yasuwe: 2438 0

Indege yihariye yahitanye abarimo umwana w’amezi 19

Impanuka y’indege mu gihugu cya Brazil yahitanye abantu 12 barimo umwana w’amezi 19.
30 October 2023 Yasuwe: 2225 0

Rubiales wasomye umukinnyi w’umukobwa mu gikombe cy’isi yahawe igihano gikomeye na FIFA

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku isi,FIFA, yahanishije Luis Rubiales wahoze ayobora Ishyirahamwe rya Ruhago muri Espagne, uheruka gusoma umukinnyi bigateza intugunda, guhagarikwa mu...
30 October 2023 Yasuwe: 1151 0

Nyanza: Umwarimu arashinjwa kwica umugore we arangije ariyahura

Birakekwa ko umugabo wari umwarimu yishe umugore we, na we agahita yiyahura, ba nyakwigendera basize umwana uri mu kigero cy’imyaka ibiri, ni we wasanzwe mu nzu arira, hafi ye hari imirambo...
30 October 2023 Yasuwe: 1984 0

Umudepite wakuwe mu nteko n’inzoga agiye gushyira hanze igitabo kizivuma

Dr Mbonimana Gamariel weguye mu nteko ishinga amategeko w’u Rwanda kubera ubusinzi, agiye kumurika igitabo kivuga ku bubi bw’inzoga.
30 October 2023 Yasuwe: 1426 0

Hamenyekanye akayabo umusifuzi yashoye mu ikoranabuhanga ryo ku mukino wa APR VS Rayon Sports

Mu rwego rwo kunoza imisifurire, ku mukino wa APR na Rayon Sports, abasifuzi bakoresheje itumanaho (wireless communication system) rihagaze agera kuri Miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda.
30 October 2023 Yasuwe: 3728 0

Kenya: Umunyeshuri yarakubiswe kugeza agiye muri ’coma’ kubera kurya ibiryo by’inyongera ku ishuri

Caleb Mwangi yarakubiswe cyane ku ishuri yigaho muri Kenya nyuma yuko ariye ibiryo by’inyongera byo ku ifunguro rya mu gitondo, kuburyo yabaye ashyizwe muri ’coma’ akamara iminsi 11 avurirwa mu...
30 October 2023 Yasuwe: 868 0

Lupita Nyong’o yasimbuje umukunzi we baheruka gutandukana injangwe

Umukinnyi wa filime Lupita Nyong’o ari gusabana n’injangwe aherutse gucirira ndetse ngo iri kumumara irungu yatewe n’umukunzi we.
30 October 2023 Yasuwe: 1154 0