skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Uganda yashyizeho umutoza mushya watumye Abanyarwanda bacika ururondogoro

Ikipe y’igihugu ya Uganda yabonye umutoza mushya ugomba kuyitoza ahereye ku mikino yo gushaka itike yo gukina igikombe k’Isi 2026.
2 November 2023 Yasuwe: 3610 0

RGB yahishuye ko 75% by’abapasiteri bo muri ADEPR bize amashuri abanza gusa

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko byinshi mu bibazo byagiye bishegesha Itorero rya ADEPR bishamikiye ku bibazo by’iyubahirizwa ry’amategeko mu buryo abakozi bafatwa n’ubushobozi...
2 November 2023 Yasuwe: 2173 0

Perezida Ndayishimiye yababajwe nuko Banki y’isi yamushinje kurya ruswa

Banki y’isi hamwe n’ikigega mpuzamahanga FMI barashinja abategetsi b’Uburundi ko aribo barya ruswa.
2 November 2023 Yasuwe: 1601 0

Polisi yafunze Umwarimu wagiye gukoresha ikizamini yasinze anasa nabi

Umwarimu ku ishuri ribanza rya Nthonzweni mu Ntara ya Makueni muri Kenya yatawe muri yombi nyuma y’uko yagaragaye yasinze kandi asa nabi mu kigo cya Kaiti ACC container centre, ahatangirwa...
2 November 2023 Yasuwe: 2375 0

Abakinnyi ba Man United ntibishimiye imyenda bakorewe na Adidas

Abakinnyi ba Manchester United barashinja uruganda rwa adidas kubakorera imyenda ibafashe cyane byatumye bamwe batayambara.
2 November 2023 Yasuwe: 834 0

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo gufatanwa inkoko eshanu yibye

Uwimana Bosco w’imyaka 16 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Nyabinaga, Akagari ka Nyarusange, Umurenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe mu cyumba asanzwe araramo amanitse mu mugozi...
2 November 2023 Yasuwe: 823 0

Béatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya jenoside yashinje ubushinjacyaha gukoresha ’inyandiko mpimbano’

Mu Rwanda, abunganira Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside babwiye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko bagomba kuregera icyo bise "inyandiko mpimbano" yatanzwe n’ubushinjacyaha nka...
2 November 2023 Yasuwe: 522 0

Ubudage bwasabye imbabazi Tanzania bwiciye abantu 300,000 mu gihe cy’ubukoloni

Perezida w’Ubudage yavuze ko atewe "isoni" n’ibikorwa by’ubugome bukabije igihugu cye cyakoreye Abanya-Tanzania mu gihe cy’ubukoloni.
2 November 2023 Yasuwe: 418 0

Perezida Kagame yirukanye ku kazi Umuyobozi ukomeye muri MINECOFIN

Perezida wa Repubulika Paul Kagame,yirukanye ku mirimo Dr Patrick Hitayezu wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibijyanye n’Ubukungu muri Minisiteri y’Igenamigambi (MINECOFIN), kubera imyitwarire...
2 November 2023 Yasuwe: 2369 0

Abatuye mu Nzove bararirimba SKOL yabakijije kurembera mu rugo

Uruganda rwenga inzoga rwa SKOL rwamuritse ku mugaragaro igikorwa cyo kwishyurira ubwisungane mu kwivuza ’mutuelle de sante’ abaruturiye 843 bari mu miryango 185 itishoboye.
1 November 2023 Yasuwe: 815 0