skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umunyamakuru Sam Karenzi yasabye Leta kugabanya ku mafaranga ahabwa abo muri VISIT RWANDA akajya muri shampiyona y’u Rwanda

Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam Karenzi, yasabye inzego bireba gutekereza uko zashyigikira Shampiyona y’u Rwanda ku buryo igira amakipe ashobora guhatana muri African Super League,...
20 October 2023 Yasuwe: 2357 0

Rayon Sports na APR FC zamenyeshejwe igihe zizakinira ibirarane byazo

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA, yatangaje ko APR FC izakina ikirarane cyayo na Sunrise FC ku wa 25 Ukwakira 2023, mu gihe Rayon Sports izakina na Police FC kuri iyo tariki.
20 October 2023 Yasuwe: 1190 0

Uko gukunda iraha byatumye umukinnyi wakuze arusha Cristiano Ronaldo gukina arangirira muri gereza

Fabio Paim yashoboraga kuba umukinnyi mwiza w’umupira w’amaguru urusha abandi bose ku isi.
20 October 2023 Yasuwe: 2617 0

Perezida Kagame yasinye itegeko rigira ibanga bimwe mu bikoresho bya RCS

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda, yagennye ko bimwe mu bikoresho by’Urwego rushinzwe igorora (RCS) bigirwa ibanga.
20 October 2023 Yasuwe: 1865 0

Ancelotti yahishuye uko yari agiye kwanga gusinyisha Kaka amuziza gusa n’Abahamya ba Yehova

Umunyabigwi wa AC MILAN wakoze ku mutima Carlo Ancelotti -ku nshuro ya mbere atangiye gukinira umupira imbere ye,yari agiye kwimwa amahirwe kubera imyambarire ye yari imeze nk’iy’abahamya ba Yehova.
20 October 2023 Yasuwe: 973 0

Perezida Tshisekedi yahuye na Padiri Nahimana urota guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda

Padiri Nahimana Thomas wiyita Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ikorera mu Buhungiro, yashyize hanze ifoto yemeza ko ari iy’umuhuro aheruka kugirana na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya...
20 October 2023 Yasuwe: 2456 0

Bamwe mu bakozi ba Leta bafite imyitwarire ibangamiye ubumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda

Minisitiri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yavuze ko mu bakozi ba Leta mu nzego zitandukanye hakigaragaramo ingeso n’imyitwarire bibangamiye ubumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda.
20 October 2023 Yasuwe: 1195 0

‘Sinshobora kureka ngo Hamas na Putin batsinde’ - Biden

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagereranyije umutwe wa Hamas wa Gaza na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya,avuga ko bose ari kimwe.
20 October 2023 Yasuwe: 1067 0

Hamenyekanye impamvu Isiraheli ikomeje gutinda kwinjira muri Gaza

Hashize iminsi, Isiraheli yerekana ko ingabo zayo ziteguye kujya muri Gaza hagamijwe gukuraho burundu Hamas nk’umutwe wa gisirikare, nyuma y’igitero yagabye mu majyepfo ya Isiraheli ku ya 7...
19 October 2023 Yasuwe: 5401 0

Abakinnyi ba San Marino bumvikanye bavuga ko bagiye kuvuna bikomeye Hojlund

Rutahizamu wa Manchester United,Rasmus Hojlund yatangaje ko abakinnyi ba San Marino bagerageje "guhagarika umwuga we" ubwo bamukiniraga nabi cyane ku bushake mu mukino wo gushaka itike yo gukina...
19 October 2023 Yasuwe: 1567 0