skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Munyakazi Sadate yahishuye impamvu Mvukiyehe Juvenal yamutwaye Rugende FC

Munyakazi Sadate wari muri gahunda yo kugura Ikipe ya Rugende FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, yasobanuye impamvu yatumye atagura ikipe ya Rugende FC yifuzaga cyane.
18 October 2023 Yasuwe: 2156 0

Ushinjwa kwiba Telefone ya The Ben yageze imbere y’urukiko bwa mbere

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Ukwakira 2023,Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer yaburanye ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, aho akurikiranyweho kwiba Telephone y’umuhanzi The Ben.
18 October 2023 Yasuwe: 2435 0

Isiraheli yihakanye igisasu cyatewe ku bitaro kigapfiramo abantu 500

Isiraheli yihakanye igisasu cyagabwe kuri ‘Al-Ahli Arab Hospital’ cyabaye ku wa Kabiri tariki 17 Ukwakira mu 2023.
18 October 2023 Yasuwe: 1067 0

Britney Spears yahishuye ko yakuyemo inda ya Justin Timberlake bakiri ingimbi

Umuhanzikazi Britney Spears yemeje ko yakuyemo inda ya Justin Timberlake bakundanaga, nk’uko yabyanditse mu gitabo agiye gushyira hanze.
18 October 2023 Yasuwe: 642 0

Perezida Samia yahaye agahimbazamusyi gahambaye Simba SC ku mukino wa Al Ahly SC

Perezida wa Tanzania Dr.Samia Suluhu Hassan uzwiho gutera inkunga amakipe yo mu gihugu cye yasohotse,yashyiriyeho agahimbazamusyi kadasanzwe ikipe ya Simba SC mu mikino ya Super League.
18 October 2023 Yasuwe: 1733 0

Biravugwa: TP Mazembe yaba yanze kwambara VISIT RWANDA mu mikino ya Super League

Hashize amasaha make hatangajwe ubufatanye bwa VISIT RWANDA na African Football League,biravugwa ko ikipe ya TP Mazembe; imwe mu makipe azakina iyi mikino yatangiye yitwa Super League, yavuze ko...
18 October 2023 Yasuwe: 2240 0

Kigali Pele Stadium igiye kongera gufungwa amakipe ayikoresha asiragire

Kigali Pelé Stadium igiye kongera kuvugururwa ndetse bishobora gutuma itakira umukino APR FC izakiramo Rayon Sports ku wa 29 Ukwakira 2023.
18 October 2023 Yasuwe: 1606 0

Ngoma:Polisi yafashe umusore afite televiziyo n’igare acyekwaho kwiba atoboye inzu y’umuturage

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Ngoma, yafatanye umusore w’imyaka 20 y’amavuko, televiziyo, igare n’inkweto acyekwaho kwiba mu rugo rw’umuturage nyuma yo...
18 October 2023 Yasuwe: 705 0

Musanze: Abagabo batatu biyahuriye rimwe bakoresheje umuti wa Kiyoda

Abaturage batatu bo mu kagari kamwe ka Nyabigoma ko mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze baravugwaho kwiyahurira umunsi umwe bakoresheje umuti wa kiyoda aho babiri muri bo bahise bapfa.
18 October 2023 Yasuwe: 2331 0

U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru [URUTONDE]

Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru cyane.
18 October 2023 Yasuwe: 9286 0