skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugabo yiyahuye nyuma yo gusura umugore we mu bitaro

Kuri uyu wa gatatu, abapolisi bo mu Ntara ya Migori batangiye iperereza ku rupfu rw’umugabo wapfuye yiyahuriye mu nzu ye iherereye mu majyaruguru ya Kanyajuok, nyuma y’amasaha make avuye umugore we...
19 October 2023 Yasuwe: 3762 0

Ngoma: RIB yafunze gitifu wasenye inzu y’umuturage kubera ko yamwimye ruswa

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rufunze uwitwa Ndagijimana Vincent, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari k’Akabungo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma ,nyuma y’uko atemaguye inzu...
19 October 2023 Yasuwe: 1862 0

General uyobora Kiyovu Sports yiyemeje gutangira agahimbazamusyi mu rwambariro

Perezida wa Kiyovu Sports Association, Ndorimana Jean François Régis “Général”, yasezeraniye abakinnyi b’iyi kipe ko ibibazo bigiye gukemuka ndetse agiye kujya abahembera agahimbazamusyi mu...
19 October 2023 Yasuwe: 1640 0

Imbere mu ’cyumba kigenzurirwamo intambara’ cya Israel ku mupaka na Liban

Bacyita "Hamal" - impine yo mu Giheburayi y’"icyumba kigenzurirwamo intambara". Kiri hejuru mu misozi miremire yo ku mupaka wa Israel na Liban (Lebanon), rwagati mu kigo gikingiwe n’inkuta zo...
19 October 2023 Yasuwe: 2844 0

Ntwari Fiacre yavuze amagambo akomeye nyuma yo kubabaza Mamelodi Sundowns

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Ntwari Fiacre, nyuma yo gufasha ikipe ye ya TS Galaxy gusezerera Mamelodi Sundowns mu Irushanwa Carling Knockout Cup,yavuze ko byamushimishije cyane kuko wari...
19 October 2023 Yasuwe: 2215 0

Perezida Tshisekedi yabwiye abasirikare be amagambo akomeye ubwo barimo gusangira

Kuri uyu wa gatatu,tariki ya 18 Ukwakira 2023, Perezida Félix Tshisekedi yasangiye ifunguro n’abajenerali n’abandi basirikare bakuru mu ngabo za DRC (FARDC).
19 October 2023 Yasuwe: 3431 0

Ntwari Fiacre yababaje Mamelodi Sundowns yigaruriye Afurika y’Epfo muri ruhago

Umunyezamu w’Umunyarwanda, Ntwari Fiacre yafashije ikipe ye ya TS Galaxy kugera muri 1/4 cya ’Carling Knockout Cup’ muri Afurika y’Epfo isezereye ikigugu Mamelodi Sundowns kuri Penaliti .
19 October 2023 Yasuwe: 1454 0

Gabon: Uwahiritse ubutegetsi yanze umushahara uhabwa Perezida

Perezida w’inzibacyuho wa Gabon, Generali Brice Oligui Nguema, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ukwakira 2023, yatangaje ko atazigera afata umushahara agenerwa nka Perezida muri iki gihe cyose...
19 October 2023 Yasuwe: 2662 0

KNC yakiriye neza wa mwana wakuwe nabi mu ishuri rya FC Bayern

Perezida wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles yakiriye Iranzi Cedric, watsindiye kwinjira muri Academy ya Bayern Munich akirengagizwa, amuha ibikoresho by’ibanze by’imyitozo.
19 October 2023 Yasuwe: 2457 0

Amerika yageze ku masezerano na Misiri yo kugeza imfashanyo muri Gaza

Perezida w’Amerika Joe Biden yageze ku masezerano na Misiri yo gutanga imfashanyo nkeya muri Gaza mu rwego rwo koroshya amakuba ashingiye ku mibereho mu gihe intambara hagati ya Israel na Hamas...
19 October 2023 Yasuwe: 640 0