skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Visi Perezida wa US yavuze ku mugore wa Perezida Biden wasomye umugabo we ku munwa

Visi Perezida wa Amerika, Kamala Harris yagize icyo avuga nyuma y’aho umugabo we Doug Emhoff n’umugore wa Perezida wa Amerika Jill Biden bafotowe basomana ku munwa. Uku gusomana kwabaye kuwa...
11 February 2023 Yasuwe: 5164 1

Umugore wa Pasiteri yiyemeje kumuca inyuma kubera kutamushimisha mu buriri

Umugore bivugwa ko yitwa Karen Wangechi ari kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga aho akomeje gushyira hanze amafoto yambaye ubusa kugira ngo akurure abagabo. Uyu ngo yafashe icyemezo cyo koherereza...
11 February 2023 Yasuwe: 5903 1

Ingwe yariye abanyamategeko ibasanze mu rukiko

Abantu benshi bajyanwe mu bitaro igitaraganya kuwa Gatatu,tariki ya 08 Gashyantare,ubwo ingwe yinjiraga mu cyumba cy’urukiko ikabiraramo. Umwe mu babonye aka kaga kabereye mu rukiko rw’akarere...
11 February 2023 Yasuwe: 4851 0

Donald Trump yibasiye bikomeye umuhanzikazi Rihanna

Donald Trump wabaye Perezida wa USA yibasiye cyane kizigenza muri muzika,Rihanna,avuga ko nta muhanzi umurimo. Ibi uyu munyapolitiki yabikoze habura iminsi ibiri gusa kugira ngo Rihanna,akore...
11 February 2023 Yasuwe: 3204 0

Yahamagaye Polisi ayibwira ko agiye kwica umuryango we ije isanga byabaye

Umupolisi w’ahitwa Louisiana muri Amerika yavuze ko yakiriye ubutumwa buteye ubwoba bw’umugabo hanyuma bageze iwe basanga yapfuye we n’umugore we n’abana. Umupolisi wa Jefferson Parish Switwa...
11 February 2023 Yasuwe: 3546 0

Turkiya: Uruhinja rukivuka na nyina batabawe nyuma y’iminsi ine bari munsi y’amatongo

Umwana ukivuka na nyina batabawe bakurwa mu matongo muri Turkiya hashize amasaha agera kuri 90 umutingito wa mbere ubasenyeho inzu wo kuwa mbere. Amashusho yo kuwa gatanu yerekana abatabazi...
11 February 2023 Yasuwe: 1320 0

Umuraperi AKA wari mu beza muri Afurika yarasiwe ku muhanda arapfa

Polisi yo muri Durban muri Afurika y’Epfo yemeje ko umuraperi Kiernan Jarryd Forbes ‘AKA’ yarasiwe ku muhanda ubwo yari agiye gukorera igitaramo mu kabyiniro kamwe ko muri uwo mujyi kitwa YUGO,mu...
11 February 2023 Yasuwe: 1704 0

Pep Guardiola yibasiye amakipe bahanganye ubwo yavugaga ku hazaza he muri Man City

Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola,yiyemeje ko azabera azahora iruhande iyi kipe ye kuko ngo ibirego 115 ishinjwa byo kwica amategeko y’igura n’igurisha ry’abakinnyi ari ibinyoma. Mu minsi...
11 February 2023 Yasuwe: 1448 0

Angilikani y’u Rwanda yitandukanyije n’iyo mu Bwongereza yemeye gushyingira abatinganyi

Itorero Angilikani ry’u Rwanda yatangaje ko yitandukanyije byeruye niyo mu Bwongereza yashimangiye ko igiye kujya iha umugisha abaryamana bahuje ibitsina ikabasezeranya. Kuri uyu wa 10...
11 February 2023 Yasuwe: 1247 0

US yarashe ikigendajuru kitazwi inkomoko hejuru y’ubutaka bwayo

Perezida Joe Biden wa Amerika yategetse indege y’intambara kurasa “ikigendajuru cyo hejuru cyane” kitazwi neza icyo ari cyo, kuko cyari “giteje akaga” indege za gisivile. Umuvugizi w’ibiro bya...
11 February 2023 Yasuwe: 2363 0