skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

FARDC yahize kwisubiraho ikirukana M23 ibamereye nabi

Umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice binini bya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nyuma yo gukubita inshuro FARDC n’imitwe bafatanyije irimo Mai Mai,Nyatura,FDLR,CODECO n’abacancuro ba Wagner....
10 February 2023 Yasuwe: 3249 0

Odegaard yise umutoza we Mikel Arteta umusazi

Kapiteni w’ikipe ya Arsenal,Martin Odegaard,yavuze ko umutoza we Mikel Arteta ari umusazi kubera imishinga myinshi afite akenshi uwo ayibwiye aba yumva idashoboka. Uyu munya Norway ukomeje...
10 February 2023 Yasuwe: 2679 0

Bernardo Silva agiye gukora ubukwe n’umukobwa bakundanye muri Guma mu rugo [AMAFOTO]

Umukinnyi wa Manchester City,Bernardo Silva yatangaje ko azakora ubukwe n’umunyamideli bakundana mu kwezi kwa Nyakanga,buzabera iwabo muri Portugal. Bernardo amaze imyaka isaga itatu akundana na...
10 February 2023 Yasuwe: 1381 0

Abantu ibihumbi basabye kurera uruhinja rwatoraguwe rumaze kuvukira mu byasenwe n’umutingito

Abantu babarirwa mu bihumbi bakomeje gusaba kurera wa mwana w’umukobwa wavukiye mu bikuta by’inzu yasenyutse mu burasirazuba bushyira uburengerazuba bwa Syria biturutse ku mutingito wo ku wa mbere....
10 February 2023 Yasuwe: 1423 0

Cristiano Ronaldo yongeye kwibutsa isi ko ibitego bitamushizemo

Cristiano Ronaldo uherutse kuzuza imyaka 38 y’amavuko,yongeye gushimangira ko ari kizigenza imbere y’izamu ubwo yatsindaga ibitego 4 wenyine mu mukiko wo kuri uyu wa Kane ikipe ye ya Al Nassr...
10 February 2023 Yasuwe: 1227 0

M23 yerekanye abasirikare bakomeye ba FARDC bayiyunzeho

Abasirikare bakuru batandukanye bo mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse na bamwe mu bakuru muri Polisi y’icyo gihugu, bitandukanyije na yo bajya mu barwanyi ba M23,...
9 February 2023 Yasuwe: 2154 0

Abafana bongeye kurakarira VAR bayishinja kujya ku ruhande rw’ikipe ya Manchester United

Abafana batandukanye bakomeje kunenga imisifurire yo mu Bwongereza ikomeje gushyira ku ibere ikipe ya Manchester United nyuma y’aho umukinnyi wayo Lisandro Martinez akoreye ikosa rikomeye...
9 February 2023 Yasuwe: 2005 0

M23 igiye kwigarurira Sake nyuma yo gukubita inshuro FARDC n’abacancuro

Umutwe wa M23 ukomeje guhashya FARDC ifatanyije n’inyeshyamba za FDLR, CMC Nyatura,APCLS n’abacancuro b’ababazungu muri Teritwari ya Masisi. Amakuru dukesha Rwanda Tribune nuko Umutwe wa M23 uri...
9 February 2023 Yasuwe: 4050 0

"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11...
9 February 2023 Yasuwe: 1587 0

Korea ya Ruguru yerekanye umurongo muremure cyane wa misile ziraswa kure itunze

Korea ya Ruguru yashyize hanze urukurikirane runini cyane bidasanzwe rwa misile ziraswa kure,zizwi nka ’missiles ballistiques intercontinentaux/intercontinental ballistic missiles’ (ICBMs),itunze....
9 February 2023 Yasuwe: 1729 0