skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugore wo muri Brazil yafatiwe ku ngufu mu busitani bwo kuri Tour Eiffel

Abagore babiri bo muri Brazil bavuze ko bahohotewe bishingiye ku gitsina n’abagizi ba nabi ku munara wa Eiffel mu Bufaransa. Aba bakobwa bari mu biruhuko aho kuwa Gatandatu basuye akabari kamwe...
9 February 2023 Yasuwe: 2687 1

Rutahizamu Atsu wagwiriwe n’ibikuta by’amazu muri Turukiya akomeje kuburirwa irengero

Abayobozi batandukanye b’umupira w’amaguru bakomeje gushaka cyane Christian Atsu wakiniye Chelsea na Newcastle muri Premier League uheruka kugwirwa n’ibikuta by’amazu biturutse ku mutingito...
9 February 2023 Yasuwe: 1208 0

Ubushinwa bwasabye Amerika ikintu gikomeye ku gipurizo cyabwo yarashe

Igihugu cya Amerika cyashyize hanze amafoto agaragaza ibisigazwa by’igipurizo cy’ubutasi cy’Ubushinwa igisirikare cyacyo giherutse kurasira mu kirere cyacyo mu nyanja ya Atlantika. Ubushinwa...
9 February 2023 Yasuwe: 2637 0

Perezida Kagame yatanze isezerano rikomeye ku mutwe wa FDLR

Perezida Kagame yavuze ko azakora ibishoboka byose kugira ngo umutwe w’iterabwoba wa FDLR ntukomeze kugaba ibitero ku Rwanda, kandi ko na Jenoside itazongera kuba ukundi. Ibi yabigarutseho ku...
9 February 2023 Yasuwe: 2467 1

Umuvandimwe wa Messi yibasiye FC Barcelona anahishura impamvu imwe yatuma ayisubiramo

Umuvandimwe wa Lionel Messi yatangaje ko uyu munyabigwi atazigera yongera gusubira muri FC Barcelona yakoreyemo amateka keretse iyi kipe iramutse yirukanye Perezida wayo Joan Laporta. Messi...
9 February 2023 Yasuwe: 929 0

Gasabo:Umupolisi yafatiye mu cyuho umugabo washatse kumuha ruswa

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga mu kigo cy’i Remera mu karere ka Gasabo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gashyantare, hafatiwe umushoferi washakaga gutanga...
9 February 2023 Yasuwe: 831 0

RDC: Umubare w’abaturage biciwe mu myigaragambyo yo gutwika imodoka za MONUSCO wiyongereye

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko abaturage bapfiriye mu myigaragambyo yo gutega imodoka za MONUSCO i Kanyaruchinya bakazitwika, ari umunani aho kuba batatu nkuko byari byabanje...
9 February 2023 Yasuwe: 1094 0

Ibipurizo by’Ubushinwa byageze ku migabane itanu - Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemera ko igipurizo cy’Ubushinwa bikekwa ko ari icy’ubutasi cyarasiwe hejuru y’ikirere cyayo cyari mu mugambi munini wageze ku migabane itanu. Umukuru w’ububanyi...
9 February 2023 Yasuwe: 1708 1

Gasogi United nayo yikuye mu gikombe cy’Amahoro 2023

Ikipe ya Gasogi United yatangaje ko itazibira Igikombe cy’Amahoro cya 2023 kubera impamvu zitayiturutseho. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 08 Gashyantare 2023 nibwo Gasogi United...
9 February 2023 Yasuwe: 655 0

Perezida Kagame yashinje Tshisekedi ’kutubahiriza ibyo yumvikanye n’abandi’

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yashinje mugenzi Felix Tshisekedi wa DR Congo "kutubahiriza kenshi" ibyo yumvikanye n’abandi, “harimo na vuba aha i Bujumbura”. Mu gihe ibihugu byombi bifitanye...
9 February 2023 Yasuwe: 2132 0