skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Rubavu:Uwari umukozi w’Umurenge yasobanuye impamvu yatumye yohereza umutetsi ngo ahagararire akarere mu muhango wo Kwibuka

Uwari Ushinzwe Uburezi mu Murenge wa Rugerero wirukanywe nyuma yuko yohereje umukozi utekera abanyeshuri kumuhagararira mu muhango wo kwibuka, yavuze ko iriya gahunda yayitegujwe bitunguranye na we...
13 July 2022 Yasuwe: 2470 0

Yareze abaganga bamubeshye ko arwaye SIDA akamara imyaka 6 anywa imiti igabanya ubukana bwayo

Umugore witwa Faridah Kiconco w’imyaka 37,ukomoka muri Uganda ari gusaba ubutabera nyuma yo gusuzumwa nabi n’abaganga bakamubwira ko arwaye SIDA ntayo ndetse bikamuviramo kumara imyaka 6 yose anywa...
13 July 2022 Yasuwe: 1740 0

Neymar Jr yakoze igikorwa kigaragaza ko abanye nabi na Mbappe

Neymar arashinjwa n’abafana kwanga gukorana imyitozo na Kylian Mbappe kugira ngo ajye gukorana na Lionel Messi basanzwe ari inshuti magara. Aba bakinnyi batatu bakomeye, bagarutse muri Paris...
13 July 2022 Yasuwe: 2468 0

Uwari Perezida wa Zambia ababajwe n’ibyo leta yamusimbuye iri gukorera umugore we

Edgar Lungu yahoze ari Perezida wa Zambia arashinja leta y’iki gihugu ko irimo kumuhohotera,nyuma y’aho umugore we atangiye gukorwaho iperereza. Esther Lungu yahamagajwe n’ikigo gishinzwe...
13 July 2022 Yasuwe: 2147 0

Paul Pogba yavuze ibibazo 3 by’ingutu byamuzonze muri Manchester United

Umukinnyi Paul Pogba yatangaje ibibazo bitatu by’ingutu yagize muri Manchester United bigatuma ahitamo "gukurikira umutima we" akisubirira aho yaturutse muri Juventus. Uyu mukinnyi wo hagati,...
13 July 2022 Yasuwe: 1764 0

Amagambo Bucyibaruta wari Perefe wa Gikongoro yavuze nyuma yo gukatirwa imyaka 20 ahamwe n’ibyaha bya Jenoside

Urukiko rwo mu Bufaransa ku wa kabiri rwakatiye gufungwa imyaka 20 uwahoze ari Perefe wa perefegitura ya Gikongoro mu majyepfo y’u Rwanda, nyuma yo gusanga ahamwa n’ubufatanyacyaha muri jenoside yo...
13 July 2022 Yasuwe: 1750 0

Perezida wa Sri Lanka uheruka kurokoka abaturage yahunze n’indege ya gisirikare

Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu mu ndege ya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo ikomeye ishingiye ku izahara ry’ubukungu bw’iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo....
13 July 2022 Yasuwe: 604 0

Abasenateri basabye Leta y’u Rwanda gukemura ibibazo birimo icya serivisi mbi mu mavuriro n’ibura ry’imiti

Inteko Rusange ya Sena yasabye Guverinoma y’u Rwanda gukemura ibibazo bikigaragara mu mitangire ya serivisi mu Nzego z’ubuzima no gukemura ikibazo cy’ibura ry’imiti mu mavuriro ya Leta bituma...
12 July 2022 Yasuwe: 1020 2

Bucyibaruta wari ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside I Paris yakatiwe

Urukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa rwakatiye Laurent Bucyibaruta imyaka 20 y’igifungo kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Perefegitura ya Gikongoro yayoboraga. Uyu...
12 July 2022 Yasuwe: 1247 0

Eric Ten Hag yatangiye akazi muri Manchester United anyagira bikomeye Liverpool

Umutoza mushya wa Manchester United Eric Ten Hag yatangiye akazi ko kuzura iyi kipe yasubiye inyuma aho mu mukino wo kwitegura shampiyona y’umwaka utaha,abasore be banyagiye Liverpool ibitego 4-0....
12 July 2022 Yasuwe: 1757 0