skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Uwari mu bayoboye igisirikare cy’Ubwongereza kirwanira mu mazi yirukanwe azira gusambanyiriza umugore mu bwato bw’intambara

Umusirikare mukuru mu ngabo z’Ubwongereza mu barwanira mu mazi yirukanwe mu ngabo zirwanira mu mazi kubera amafoto yafotowe ari gusambana n’umugore mu bwato bw’intambara. Uyu musirikare utwara...
10 July 2022 Yasuwe: 2201 0

Myugariro wa APR FC ari mu rukundo n’umukobwa w’ikizungerezi witabiriye Miss Rwanda 2022 [AMAFOTO]

Urukundo hagati ya myugariro wa APR FC n’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Niyomugabo Claude na Umutoniwase Nadia witabiriye Miss Rwanda 2020, rugeze aharyoshye, aho buri umwe muri aba adahisha...
10 July 2022 Yasuwe: 2708 0

Amakipe 24 ashobora kuzakina CAF Super League yamaze kumenyekana

Urutonde rw’amakipe 24 muri Afurika yemerewe kwitabira irushanwa rya CAF Super League ku nshuro ya mbere rwashyizwe ahagaragara aho nta kipe yo mu Rwanda irimo. Iyi Super League izatangira muri...
10 July 2022 Yasuwe: 2323 0

Hakizimana Muhadjiri yaherekejwe n’umukunzi we babyaranye agiye muri Saudi Arabia [AMAFOTO]

Mu ijoro ryakeye nibwo Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi, wakiniraga Police FC, Hakizimana Muhadjiri yaraye yerekeje muri Arabia Saoudite, muri Al-Kholood Club ikina muri shampiyona y’icyiciro...
10 July 2022 Yasuwe: 2915 0

Ibiciro mu Rwanda byariyongereye cyane muri Kamena

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 13,7% muri Kamena 2022 ugereranyije na Kamena 2021, aho nk’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa...
10 July 2022 Yasuwe: 720 0

MINISANTE yahaye gasopo ibitangazamakuru mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, yabwiye Itangazamakuru mu Rwanda ko ribujijwe gukora ibiganiro by’Ubuvuzi cyangwa ibyerekeye imiti badahawe icyangombwa na minisiteri...
9 July 2022 Yasuwe: 4369 2

Biravugwa: Thomas Partey amerewe nabi cyane n’umukunzi we ushaka kumufungisha

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Arsenal ukomoka muri Ghana arashinjwa gufata ku ngufu n’umukunzi we wo muri Maroc witwa Sara Bella. Amakuru aravuga ko Partey w’imyaka 29 y’amavuko ntiyagaragaye...
9 July 2022 Yasuwe: 2524 0

Yanga SC yaguze umukinnyi wakinnye muri Newcastle ikina Premier League [AMAFOTO]

Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yatangaje ko yasinyishije amasezerano y’imyaka 2,Umurundi Bigirimana Gaël,wakiniye Newcastle United yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza (2012–2016)...
9 July 2022 Yasuwe: 1923 0

Arteta yahaye isezerano rikomeye abafana ba Arsenal

Umutoza Mikel Arteta yemeje ko Arsenal igifite gahunda yo gusinyisha abandi bakinnyi benshi muri iyi mpeshyi nkuko yatangiye iri hejuru cyane muri iri soko. Ikipe ya Gunners imaze kuzana...
9 July 2022 Yasuwe: 1968 0

Umupasiteri yashyingiranwe n’abagore 4 b’amasugi icyarimwe atanga ubutumwa bwuzuye urujijo

Muri RD Congo, umuasiteri yakoze gashya ashyingiranwa n’abakobwa 4 b’amasugi icyarimwe ndetse asezeranya ko atazahagararira aho. Ubu bukwe budasanzwe bwizihirijwe i Bukavu, umujyi uherereye mu...
9 July 2022 Yasuwe: 4155 1