skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida wa IBUKA mu Rwanda yavuze k’Umuyobozi wahisemo guhagararirwa n’umutetsi mu gikorwa cyo Kwibuka

Ibuka ku rwego rw’Igihugu yagize icyo ivuga ku mukozi w’Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu wohereje utekera abanyeshuri kumuhagararira mu gikorwa cyo Kwibuka nk’umushyitsi mukuru, ivuga ko...
12 July 2022 Yasuwe: 2885 0

PSG yashyizeku isoko abakinnyi 11 biganjemo ab’amazina akomeye

Nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibinyamakuru byo mu Bufaransa,Ikipe ya Paris Saint-Germain yashyize ku isoko abakinnyi 11 biganjemo abo mu ikipe ya mbere. Iyi kipe yatwaye Ligue 1 iheruka,yamaze...
12 July 2022 Yasuwe: 2980 0

Arsenal irashaka bikomeye umukinnyi Chelsea igenderaho

Ikipe ya Arsenal irashaka cyane umukinnyi N’Golo Kante ukina hagati mu ikipe ya Chelsea kugira ngo ayifasha kubaka urukuta rukomeye mu mwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi arifuzwa cyane...
12 July 2022 Yasuwe: 1831 0

Sir Mo Farah yahishuye uko yajyanwe mu Bwongereza acurujwe ari umwana akaba icyamamare

Sir Mo Farah yahishuye ko yajyanwe mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari umwana, ahatirwa gukora nk’umuja wo mu rugo. Iki cyamamare mu gusiganwa ku maguru mu mikino ya Olympic...
12 July 2022 Yasuwe: 868 0

Musanze: Abakinnyi ba Arsenal y’abagore bakinnye karere n’abana ku muhanda

Abakinnyi ba Arsenal y’abagore batunguranye ubwo bahuzaga urugwiro n’abana bo mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, bagakina ‘karere’ bari bafite. Ku wa 5 Nyakanga 2022, ni bwo aba...
11 July 2022 Yasuwe: 2066 0

Kiyovu Sports mu nzira zo gusinyisha umutoza wagize ibigwi muri Simba SC

Ibiganiro birarimbanije hagati y’umuyobozi wa Kiyovu Sports Mvukiyehe Juvenal na Patrick Aussems,umutoza w’umubiligi wigeze gutoza Simba SC yo muri Tanzaniya. Kiyovu Sports irifuza ko uyu mugabo...
11 July 2022 Yasuwe: 931 0

Hatangajwe abakinnyi 10 bazatoranywamo uwahize abandi muri Afurika

Ku ya 21 Nyakanga,nibwo abakunzi ba ruhago ku mugabane wa Afurika bazamenya umukinnyi mwiza kurusha abandi muri 2022, mu bihembo bya CAF Awards bizatangirwa muri Maroc. Muri uyu muhango, Umupira wa...
11 July 2022 Yasuwe: 1400 0

Abaturage bakubise abapolisi babagira intere babaziza guteza impanuka igahitana umuntu

Abapolisi babiri bajyanywe mu bitaro bameze nabi nyuma yo gukubitwa n’abaturage bo mu gace bakoreragamo. Ku wa gatanu w’icyumweru gishize nibwo aba bapolisi babiri bakomerekejwe bikabije nyuma...
11 July 2022 Yasuwe: 5908 0

Hon.Habineza Frank ntiyanyuzwe nibyo Perezida Kagame yatangarije France 24 ku byo Kwiyamamaza

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul...
11 July 2022 Yasuwe: 3150 0

Umutoza Ten Hag yatangaje uzaba kapiteni wa United umwaka utaha anavuga ku hazaza ha Cristiano Ronaldo

Erik Ten Hag yemeje ko myugariro Harry Maguire azakomeza kuva kapiteni wa Manchester United,umwaka utaha w’imikino nubwo yagize umwaka mubi cyane ubushize. Ahazaza ha Maguire kuri Old Trafford...
11 July 2022 Yasuwe: 2070 0