skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Amerika yifuza ko u Rwanda na RDC bigirana masezerano y’amahoro vuba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zifuza ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagirana amasezerano y’amahoro vuba muri Kamena cyangwa se byatinda ntibirenze Nyakanga 2025.
13 June 2025 Yasuwe: 1896 0

Fatakumavuta yakatiwe imyaka ibiri n’igice imbabazi za The Ben zihabwa agaciro

None ku wa 13 Kamena 2025, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije Fatakumavuta ibyaha bitatu ahanishwa igifungo cy’imyaka ibiri n’igice ndetse n’ihazabu ya 1,300,000Frw.
13 June 2025 Yasuwe: 1491 0

Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 58.688 batanze amaraso 84,383 mu mwaka wa 2024, aho urubyiruko rwagize ubwiganze bwa 65.3 % mu bayatanze cyane.
13 June 2025 Yasuwe: 898 0

Amerika yatangiye kubura abakozi nyuma yo kwirukana abimukira

Inzego zirimo ubuhinzi n’ubworozi n’urwego rw’amahoteli, ni zimwe mu ziri kugirwaho ingaruka n’icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira bose badafite ibyangombwa, bari muri...
13 June 2025 Yasuwe: 808 0

Iran yohereje drones zirenga 100 muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru

Iran yagabye igitero gikomeye muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo, Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo zidasanzwe n’abahanga mu bya nucléaire.
13 June 2025 Yasuwe: 1205 0

Bruce Melodie ashobora gusinya muri Africa Creative Agency; 1:55 AM ikamubera umwishingizi

Umuririmbyi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie ashobora gutangira igice gishya mu muziki, mu gihe yaba ashyize umukono ku masezerano n’inzu itunganya umuziki mpuzamahanga ya Africa Creative...
13 June 2025 Yasuwe: 403 0

Muhire Kevin agiye kwakiranwa yombi muri Sudani y’Epfo

Jamus SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Sudani y’Epfo, yatangaje ko yiteguye kwakira Muhire Kevin, wamaze gutandukana na Rayon Sports nyuma yo gusoza amasezerano ye.
13 June 2025 Yasuwe: 523 0

Aho imbwa yanyura sinahatambuka - Kazungu yongeye gutakambira urukiko

Nyuma yo gutanga ubujurire ku mwanzuro w’urukiko wo ku wa 08 Werurwe 2024, Kazungu Dennis yaburanye ku bujurire bwe asaba ko yagabanyirizwa igihano.
13 June 2025 Yasuwe: 1016 0

Miss Uwase Raissa Vanessa yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)

Miss Uwase Raissa Vanessa wabaye Igisonga cya Mbere cya Miss Rwanda mu 2015 yasezeranye imbere y’amategeko na Ngenzi Dylan biyemeje kurushinga, umuhango wabereye mu Murenge wa Kimihurura kuri uyu...
12 June 2025 Yasuwe: 931 0

Abanyakenya bari mu myigaragambyo isaba Umuyobozi wungirije wa Polisi kwegura

Abanyakenya barakajwe n’urupfu rw’umusore witwa Albert Ojwang wapfiriye muri kasho, bari mu myigaragambyo yo gusaba Umuyobozi wungirije wa Polisi, Eliud Lagat, kwegura.
12 June 2025 Yasuwe: 363 0