Indege ya Air India yo mu bwoko bwa Boeing 787 yarimo abantu 244 yakoze impanuka nyuma y’igihe gito ihagurutse mu Mujyi wa Ahmedabad mu Burengerazuba bw’u Buhinde yerekeza ku kibuga kitwa Gatwick...
Umuhanzikazi Ariel Wayz yamaze kwinjira mu bahanzi bakorana na sosiyete mpuzamahanga “Universal Music Group”isanzwe izwiho gufasha abahanzi bakomeye ku Isi.
Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rushinzwe kugenzura itunganywa rya nucléaire, IAEA (International Atomic Energy Agency), rwemeje ku nshuro ya mbere mu myaka hafi 20 ko Iran yarenze ku mabwiriza...
Rumeysa Gelgi wo muri Turikiya ufite agahigo ko kuba umugore wa mbere muremure ku Isi, mu rugendo yitegura gukorera mu bihugu bitandukanye, byasabye ko afata imyanya itandatu yo mu ndege ndetse...
Imyigaragambyo y’abamagana umukwabu w’urwego rw’abinjira n’abasohoka wo gufata abimukira badafite ibyangombwa yakwirakwiye henshi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton wayoboye iki gihugu...
Aborozi bo mu Murenge Mulundi mu karere Ka Kayonza bavuga ko babangamiwe no kuba bagemura amata ku ikusanyirizo rya Buhabwa bagatinda kwishyurwa bikabadindiza mu gukomeza ubucuruzi bwabo...
Umunyarwenya Anne Kansiime yatangaje ko impamvu yatumye afata icyemezo cyo guhagarika gukina mu itsinda rikina udukino tw’urwenya ‘Funy Factory’ no kuba atakitabira ibiganiro by’itangazamakuru, ari...
Leta ya Autriche yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu cyatangiye kuri uyu wa Gatatu ndetse hururutswa ibendera rigera muri kimwe cya kabiri mu rwego rwo guha icyubahiro abanyeshuri 10 barashwe ku wa...