skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka

Indege ya Air India yo mu bwoko bwa Boeing 787 yarimo abantu 244 yakoze impanuka nyuma y’igihe gito ihagurutse mu Mujyi wa Ahmedabad mu Burengerazuba bw’u Buhinde yerekeza ku kibuga kitwa Gatwick...
12 June 2025 Yasuwe: 1216 0

Ariel Wayz yasinye muri Universal Music Group

Umuhanzikazi Ariel Wayz yamaze kwinjira mu bahanzi bakorana na sosiyete mpuzamahanga “Universal Music Group”isanzwe izwiho gufasha abahanzi bakomeye ku Isi.
12 June 2025 Yasuwe: 402 0

Imyitwarire ya Nkaka muri filime yatumye abengwa n’uwo yari agiye gushaka

Gakwaya Celestin, wamamaye muri Sinema nyarwanda nka Nkaka yatangaje ko yabenzwe n’umukobwa bari bagiye kurushinga bitewe n’imyitwarire y’umukinnyi aba yahawe (Character), gukina muri filime.
12 June 2025 Yasuwe: 1517 0

Bwa mbere mu myaka hafi 20, Loni yemeje ko Iran yarenze ku mabwiriza ya nucléaire

Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rushinzwe kugenzura itunganywa rya nucléaire, IAEA (International Atomic Energy Agency), rwemeje ku nshuro ya mbere mu myaka hafi 20 ko Iran yarenze ku mabwiriza...
12 June 2025 Yasuwe: 443 0

Umugore wa mbere muremure ku Isi akoresha imyanya itandatu mu ndege

Rumeysa Gelgi wo muri Turikiya ufite agahigo ko kuba umugore wa mbere muremure ku Isi, mu rugendo yitegura gukorera mu bihugu bitandukanye, byasabye ko afata imyanya itandatu yo mu ndege ndetse...
12 June 2025 Yasuwe: 929 0

Imyigaragambyo yakwirakwiye henshi muri Amerika, Bill Clinton anenga Trump

Imyigaragambyo y’abamagana umukwabu w’urwego rw’abinjira n’abasohoka wo gufata abimukira badafite ibyangombwa yakwirakwiye henshi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton wayoboye iki gihugu...
12 June 2025 Yasuwe: 646 0

Bianca yibwe imodoka

Bianca wamamaye mu itangazakuru mu Rwanda, yibwe imodoka ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Kamena 2025, aho bayibiye mu rugo.
12 June 2025 Yasuwe: 1265 0

Kayonza: Barinubira kugemura amata kubishyura bigatinda

Aborozi bo mu Murenge Mulundi mu karere Ka Kayonza bavuga ko babangamiwe no kuba bagemura amata ku ikusanyirizo rya Buhabwa bagatinda kwishyurwa bikabadindiza mu gukomeza ubucuruzi bwabo...
11 June 2025 Yasuwe: 359 0

Anne Kansiime yasobanuye impamvu yavuye muri ‘Funy Factory’

Umunyarwenya Anne Kansiime yatangaje ko impamvu yatumye afata icyemezo cyo guhagarika gukina mu itsinda rikina udukino tw’urwenya ‘Funy Factory’ no kuba atakitabira ibiganiro by’itangazamakuru, ari...
11 June 2025 Yasuwe: 704 0

Autriche: Batangiye icyunamo nyuma y’abanyeshuri barashwe

Leta ya Autriche yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu cyatangiye kuri uyu wa Gatatu ndetse hururutswa ibendera rigera muri kimwe cya kabiri mu rwego rwo guha icyubahiro abanyeshuri 10 barashwe ku wa...
11 June 2025 Yasuwe: 716 0