skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Menya ibyingezi buri muntu akwiye kwitaho mu gihe ategura ubukwe

Abantu benshi bakunze kwibeshya cyane mu gihe bategura ubukwe rimwe na rimwe ugasanga bari kwicuza, menya ibintu by’ibanze ukwiye gutegura mu gihe witegura gukora ubukwe kugira ngo na nyuma yabwo...
12 October 2022 Yasuwe: 1477 0

Itangazo: MUKANSONEYE Esperance yasabye guhindura amazina akitwa SIBORUREMA Esperance

Uwitwa MUKANSONEYE Esperance yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa SIBORUREMA Esperance mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba...
12 October 2022 Yasuwe: 7527 0

Hasobanuwe icyateye urupfu rw’umunyamideri Neema uherutse kwitaba Imana

Umuryango wa Neema Jeanine Ngerero uherutse kwitaba Imana wasobanuye icyo bakeka cyaba cyarateye urupfu rwe kugeza uyu munsi rugifatwa nk’impanuka.
12 October 2022 Yasuwe: 9329 0

Ihere ijisho uburanga bwa Juliana Nalu wigaruriye umutima wa Kanye West(AMAFOTO)

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bw’umunyamideri Juliana Nalu uri mu rukundo n’umuraperi Kanye West.
12 October 2022 Yasuwe: 1499 0

Amafoto:Kanye West akomeje kuryoherwa mu rukundo n’umukunzi mushya

Umuraperi Kanye West uri mu ba raperi bayoboye ku Isi akomeje kugaragaza ko aryohewe mu rukundo n’umunyamideri Juliana Nalu batagisiba kugaragara bari kumwe.
12 October 2022 Yasuwe: 1152 0

Nyabitanga ari mu byishimo byinshi nyuma yo gusoza kaminuza(AMAFOTO)

Umunyarwenya Kennyi Nicole wamenyekanye nka Nyabitanga mu itsinda ry’abanyarwenya ba Zuby Comedy ari mu byishimo byinshi nyuma yo gusoza kaminuza.
12 October 2022 Yasuwe: 1882 0

Samantha ari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka ubuheta

Ingabire Pascaline wamamaye nka Samantha muri sinema Nyarwanda ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka ubuheta.
12 October 2022 Yasuwe: 973 0

Afrique ari mu gahinda gakomeye ko kubura umuvandimwe we

Umuhanzi uri mu bagezweho muri iyi minsi ari mu gahinda ka mukuru we witabye Imana yishwe n’impanuka yabereye mu Karere ka Nyagatare mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Ukwakira 2022.
12 October 2022 Yasuwe: 504 1

Menya ibyiza byo kugira umukunzi uri kure yawe

Benshi batekereza ko urukundo rushoora gukomera ndetse rukaramba ari igihe abakundana bari kumwe cyangwa se bahura kenshi gusa biranashoboka ko urukundo rwakomera hagati y’abantu badahorana ahubwo...
11 October 2022 Yasuwe: 1580 0

UWANDEMEWE #Episode13:Nahisemo guhunga uwo nasiganwaga nsanga mwita ikirara

Duherukana ubwo nari mbonye moto mu gace k’ iwacu, nabonaga abari bayiriho basa n’ abayoboza, nanjye negereye iyo moto kugira ngo mbe nabayobora niyumvisha ko nimbarangira neza aho bagiye barampa...
11 October 2022 Yasuwe: 1289 3