Umuraperi Kanye West uri mu ba raperi bayoboye ku Isi akomeje kugaragaza ko aryohewe mu rukundo n’umunyamideri Juliana Nalu batagisiba kugaragara bari kumwe.
Umuhanzi uri mu bagezweho muri iyi minsi ari mu gahinda ka mukuru we witabye Imana yishwe n’impanuka yabereye mu Karere ka Nyagatare mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Ukwakira 2022.