Umuraperi Kanye West akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwambara umupira wanditseho “White Lives Matter” ibyafashwe nk’agasuzuguro ku birabura.
Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yageze ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge agiye kuburana mu mizi, Ahagana saa mbili z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Ukwakira 2022.
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Mudende mu Kagari ka Bihungwe haravugwa inkuru y’umugabo wishe umugore we wari utwite amutemye agahita atoroka ariko akaba arimo gushakishwa.
Umuraperi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi nka Papa Cyangwe yahishuye impamvu yamuteye kwibasira abahanzi bagenzi be barimo Bruce Melodie, Juno Kizigenza ndetse na Davis D mu ndirimbo aherutse...