Umuhanzikazi Uwayezi Ariel wamenyekanye nka Ariel Wayz ari mu mashimwe nyuma yo kurokoka impanuka ikomeye yamukomerekeje mu mu mutwe ariko Imana igakinga akaboko.
Umutesi Léa uri mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2021 yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Peter Nasasira bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo.
Abazwi muri Sinema Nyarwanda by’umwihariko itsinda ry’abahurira muri Filime ya Papa Sava ndetse na Seburikoko bitabiriye ubukwe bwa Yasuwe Niyomubyeyi Noëlla uzwi nka Fofo muri Papa Sava...
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo...
Mu Karere ka Muhanga hafatiwe Imodoka yo mu bwoko bwa Bus yari itwaye ibilo 1 074 by’imyenda ya caguwa yerekeza i Kigali ndetse na ba nyirayo bayirimo nk’abagenzi.