Haringingo Francis utoza ikipe ya Rayon Sports yahishuye ko ikipe afiye kugeza ubu yakina igatanga umusaruro nyuma yuko iyi Kipe yakiriye ba Rutahizamu babiri.
Umugabo wo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza, wari ukurikiranyweho gusambanya umwana we ndetse na we akabyemera avuga ko yabitewe na ka manyinya, yakatiwe gufungwa burundu n’Urukiko...
Prossy Mayanja umubyeyi wa Weasel Manizo umugabo wa Sandra Teta banabyaranye yashimangiye ko gutandukana k’umuhungu we Weasel na Sandra ari nk’inzozi bidashoboka bitewe n’uko ubuzima bwa Sandra...
Umuhanzikazi ukomeye muri Africa uturuka mu Gihugu cya Uganda yageze i Kigali ashimangira ko iyo ageze mu Rwanda yiyumvamo nk’ugeze murugo kuko muriwe yiyumva nk’Umunyarwandakazi.