skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Paula Kajala wari umukunzi wa Rayvanny yemeje ko batandukanye,avuga ku rukundo rwa Nyina na Harmonize

Paula Kajala wari umukunzi wa Rayvanny yashyize ukuri ku mugaragaro yemeza ko yamaze gutandukana na Rayvanny, aboneraho no kuvuga ku rukundo rwa Nyina na Harmonize benshi bavuze ko atigeze...
5 August 2022 Yasuwe: 1295 0

Wema Sepetu yongeye kugaragaza icyifuzo kiremereye umutima we

Umukinnyi wa Filime ukomeye mu Gihugu cya Tanzania Wema Issac Sepetu wanabaye Nyampinga w’iki Gihugu mu mwaka wa 2006 yongeye kugaragaza ko yifuza umwana mu gihe bivugwa ko bigoranye kuba yabyara...
5 August 2022 Yasuwe: 1709 0

Yvan Buravan yashimiye abamufashije kujya kwivuriza hanze n’abakomeje kumusengera

Umuhanzi ukunzwe n’abenshi hano mu Rwanda urembejwe n’uburwayi butigeze bumenyekana yashimiye cyane abantu bamufashije kujya kwivuriza hanze y’Igihugu mu Buhinde ashimira n’abakomeje kwifatanya...
5 August 2022 Yasuwe: 716 0

U Rwanda rwatangaje ko rwishimiye uruzinduko rwa Blinken,ruvuga kuri Paul Rusesabagina

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye kwakira Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken uzarugenderera, imumenyesha ko yiteguye kongera gutanga umucyo ku bya Paul...
4 August 2022 Yasuwe: 991 0

Jennifer Coolidge yahishuye ko filime’American Pie” yamuhaye amahirwe yo kuryamana n’abarenga200

Umukinnyi w’imena muri Filime ’American Pie” Jennifer Coolidge wakinnyemo yitwa Jeanine yahishuye ko uretse kuba yaramwinjirije amafaranga yanamuhaye amahirwe yo kuryamana n’abarenga 200 atakekaga...
4 August 2022 Yasuwe: 1178 0

Dore amakosa ukwiye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka kuko ashobora gutuma umunsi ugenda nabi

Abantu benshi usanga bagira umunsi mubi ariko bakibaza icyabiteye mu gihe bo bumva ko nta kibazo bafite ariko twakuboneye amwe mu makosa abantu bakunze gukora bikaba byabaviramo kugira umunsi mubi...
4 August 2022 Yasuwe: 1723 0

Rwamagana: Abaturage bahishuye uko uwari wapfuye yazuwe n’amasengesho

Mu Karere ka Rwamagana haravuga inkuru y’umubyeyi wapfushije umugabo we nyuma nawe agahita apfa ariko kubw’amasengesho akaza kuzuka.
4 August 2022 Yasuwe: 1572 0

Ambasade y’u Rwanda muri Uganda iri gukurikirana ikibazo cya Teta Sandra

Ambasade y’u Rwanda muri Uganda yatangaje ko iri gukurikirana ikibazo cy’Umunyarwandakazi Teta Sandra utuye murii Uganda bivugwa ko akubitwa n’umugabo we Weasel usanzwe ari umuhanzi .
4 August 2022 Yasuwe: 1088 0

Charles wagonze Se wa Nick Minaj yakatiwe

Charles Polevich w’imyaka 72 wagonze Se wa Nick Minaj yakatiwe n’urukiko igifungo cy’umwaka umwe muri gereza.
4 August 2022 Yasuwe: 1029 0

Rwamagana: Umufurere wari wafunzwe azira gusambanya umwana nyuma akarekurwa yongeye gufungwa

Umufurere wari umurezi mu ishuri ryitiriwe Mutagatifu Aloys ryo mu Karere ka Rwamagana ukurikiranyweho gusambanya umunyeshuri w’umukobwa wari warekuwe, yongeye gutabwa muri yombi nyuma yuko...
4 August 2022 Yasuwe: 988 0