skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

AMAFOTO:Eddy Kenzo yagaragaye akina umupira w’amaguru i Nyamirambo

Umuhanzi ufite izina rikomeye muri Uganda no muri Afurika muri rusange wamamaye nka Eddy Kenzo yagaragaye akina umupira w’amaguru i Nyamirambo kuri Stade ya Mumena.
27 July 2022 Yasuwe: 1117 0

Imitoma iravuza ubuhuha kwa Miss Pamella na The Ben

Miss Uwicyeza Pamella kwihishira byamunaniye yongera kugaragaza marangamutima afitiye umuhanzi umaze kwigaruria imitima ya benshi hano mu Rwanda ndetse n’ahandi ku Isi wamenyekanye nka The Ben.
26 July 2022 Yasuwe: 1993 0

Jennifer Lopez yongeye guteza impaka kubera icyapa yagaragayeho yambaye ubusa buri buri(AMAFOTO)

Umuhanzikazii ukunzwe cyane muri Leta zunze ubumwe z’America ndetse no kwisi hose muri rusange yongeye guteza impaka kubera icyapa yagaragayeho yambaye ubusa buri buri.
26 July 2022 Yasuwe: 2333 0

Nick Cannon aritegura kwakira umwana wa cyenda

Nick Cannon wamenyekanye muma Filime atandukanye yahishuye ko yabyaye umwana wa munani muri Kamena tariki ya 28 2022, mu gihe ategereje umwana wa cyenda azabyarana n’undi mugore mu minsi mike.
26 July 2022 Yasuwe: 734 0

Rusizi:Umugabo yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kubura amafaranga yo kwishyura inkumi yararanye

Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yahuye n’uruva gusenya nyuma yo .kurarana umukobwa bivugwa ko yigurisha ariko akabura ayo kumwishyura agashaka kumwishura isambaza umukobwa akazamaganira kure.
26 July 2022 Yasuwe: 3232 0

Bimwe mu bimenyetso byakwereka umukobwa wagukunze akabura aho ahera abikubwira

Bikunze kugorana kubona umukobwa wivugira ko yakunze umusore ariko na none kubera kugorwa no guhisha amarangamutima umusore wabyitayeho bishobora kumworoohera kumenya umukobwa wamukunze akurikije...
26 July 2022 Yasuwe: 1425 0

Mu mafoto reba Mark Bryan w’imyaka 62 wahisemo kwambara imyambaro y’abagore

Mark Bryan ni umudage w’imyaka 62 y’amavuko ndetse akaba umutoza w’ikipe y’umupira w’amaguru. Afite abana n’umugore ariko igitangaza benshi bananiwe no kumva magingo aya ni uburyo yahisemo...
26 July 2022 Yasuwe: 1142 0

Umu Pasiteri wibye mu rusengero yayoboraga yahanishijwe igihano gikomeye

Umu Pasiteri witwa Adolf Lwazi Moyo wo muri Zimbabwe yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwiba ibintu bifite agaciro ka 13,000$.
26 July 2022 Yasuwe: 1418 0

Ibya Miss Rwanda bikomeje guteza urujijo

Irushanwa rya Miss Rwanda riherutse gushyikirizwa inteko y’umuco rikomeje guteza urujijo aho benshi bibaza uko abatsindiye ibihembo bya 2022 bazabishyikirizwa ndetse n’uburyo rizakomeza kubaho...
26 July 2022 Yasuwe: 951 0

Ikibazo cy’ubucye bw’imodoka zitwara abagenzi muri Kigali cyongeye gukurura impaka

Ikibazo cy’ubucye bw’imodoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali cyongeye gukurura impaka nyuma y’uko hashize igihe iki kibazo kimenyekanye ariko ntihagire impinduka zigaragara.
25 July 2022 Yasuwe: 1992 0