Mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Munini mu Kagari ka Ntwari habereye impanuka y’imodoka iri mu bwoko bwa Fuso ubwo yavaga gupakira umucanga igonga inzu ebyiri igera imbere ihitana babiri...
Mu rukundo haberamo ibintu byinshi kuko uyu munsi bishobora kuba bimeze neza ejo bikanga ni byiza ko mu gihe byanze mbere yo gufata umwanzuro wo gutandukana n’umukunzi wawe ugira ibibazo wowe...
Umunyamakuru ukomeye hano mu Rwanda mu gisate cy’Imyidagaduro wamenyekanye nka Phil Peter aravugwaho ggufungisha mugenzi we Iradukunda Moses bahoze bakorana ku Isibo Tv.