Titi Brown wamenyekanye mu gisate k’imyidagaduro nk’umubyinnyi wabigize umwuga yahishuye ubuzima abayemo muri Gereza aho afungiye i Mageragere ari mu minsi 30 ategereje kuburana anavuga uburyo...
Uwitonze Sonia Rolland wabaye Nyampinga w’Ubufaransa mu mwaka wa 2000 yatangiye gukurikiranwa n’ubutabera kubera impano y’inzu (Appartment) yahawe na na Omar Bongo wahoze ari Perezida wa Gabon muri...
Ni byiza ko mu rukundo habaho kwisanzura buri wese akuvuga icyo atekereza ni uko yumva ibintu ariko hari amagambo aba adakwiye gukoreshwa mu gihe uri kumwe n’umukunzi wawe kuko ashobora gutuma...
Mu Karere ka Rubavu kuri Stade Umuganda habereye igisa n’imyigaragambyo ku baturage bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bajya muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo bagaragaje agahinda...
Abakobwa ni abantu bagorwa no guhisha amarangamutima yabo noneho byagera ku muntu akunda bikaba akarusho ariko iyo ashaka kuva mu rukundo nabyo biroroshye ku mutahura bitewe n’ibimenyetso...