Mbabazi Shadia umunyamideri wamamanye mu isi y’imyidagaduro nka Shaddyboo nyuma yo kugaragaza ko nta Basore yabonye muri Mr Rwanda yahishuye abasore yifuza muri iri rushanwa uko baba bameze.
Umutoza wa Rayon Sport Jorge Paixão akomeje kuzamura amarangamutima ya benshi kubera ibikorwa bitandukanye by’urukundo arimo agirira abana umunsi ku wundi kuri iyi nshuro yongeye kugaragara arimo...
Bamwe mu bakobwa b’ibyamamare hano mu Rwanda bigoye ko hari umusore wamutinyuka cyane kubifuza kujya mu rukundo(Gutereta) nkuko twaganiriye na benshi twagukoreye urutonde rw’abakobwa abasore benshi...
Umuraperi uzwi ku izina rya The Game yibasiye mugenzi we Eminem avuga ko atamurusha ubuhanga mu kurapa ahubwo ko icyo yamurushije ari ukumenyekanishwa ndetse no gushyigikirwa.