skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Producer Ayoo Rash n’umugore we bari mu byishimo byo kwibaruka imfura

Producer Élisée Raha wamenyekanye nka Ayoo Rash n’umugore we Niyotwizeye bari mu byishimo byo kwibaruka imfura yabo y’umuhungu nkuko babitangaje.
14 March 2023 Yasuwe: 482 0

Itangazo: HUMURE Etienne yasabye guhindura amazina akitwa HUMURE MBASHA

Uwitwa HUMURE Etienne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa HUMURE MBASHA mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ashaka...
13 March 2023 Yasuwe: 245 0

Dore uko wamenya imyitwarire y’umuntu bitewe n’ibara ry’umwenda akunda kwambara

Amabara y’imyenda agira ubusobanuro butandukanye hakurikijwe umuco n’ibindi ariko muri rusange hari aho usanga ubusobanuro buhura. Niba rero wajyaga ukunda ibara runaka utazi icyo risobanuye tugiye...
13 March 2023 Yasuwe: 2216 0

Amafoto ya Miss Pamella mu isura nshya akomeje kuvugisha benshi(Amafoto)

Miss Uwicyeza Pamella akaba n’umugore wa The Ben yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gushyira hanze amafoto ye amaguragaza nta musatsi na muke afite ku mutwe.
13 March 2023 Yasuwe: 3264 1

Dore uburyo bwagufasha kwiyunga n’umukunzi wawe igihe wamubabaje

Menya uburyo bwiza wakoresha usaba imbabazi umukunzi wawe igihe wamubabaje cyangwa wamurakaje bikamworohera kukubabarira kandi urukundo rwanyu rugakomeza kuryoha.
13 March 2023 Yasuwe: 1729 0

Menya ubusobanuro bw’inzozi benshi bakunze kurota ntibasobanukirwe

Bumwe mu busobanuro bw’inzozi zikunze guhurirwaho n’abantu benshi ariko ntibamenye icyo bisobanura cyangwa icyo izo nzozi zivuze ku buzima bwabo.
13 March 2023 Yasuwe: 10257 3

Keza Terisky yashimye Imana yamuhaye kwitwa umubyeyi

Umunyamideli Keza Terisky akomeje kugaragaza amarangamutima yatewe no kwibaruka umwana we w’imfura yabyaranye na The Trainer bahoze bakundana.
13 March 2023 Yasuwe: 1173 0

Ibyamamare byashenguwe n’urupfu rw’umuraperi Costa Titch

Ibyamamare bitandukanye muri Africa byashenguwe n’urupfu rw’umuraperi Costa Tich witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 11 Werurwe 2023 aguye ku rubyiniro.
13 March 2023 Yasuwe: 879 0

Etienne wo muri bigomba guhinduka yavuze uko yatezwe n’abagizi ba nabi bakamusiga ari intere

Umunyarwenya Iryamukuru Etienne [5K Etienne] wamamaye muri Bigomba Guhinduka, yatezwe n’abagizi ba nabi atashye, bamwambura utwo yari afite bamusiga ari intere.
13 March 2023 Yasuwe: 1421 1

Hatangajwe izamuka ritangaje ry’ibiciro mu Rwanda

Ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byazamutse ku kigero cya 67,7% mu cyaro, mu gihe mu mijyi byiyongereye kuri 42,4% ugeraranyije n’ukwezi kwa Gashyantare (02) kwa 2022 na Gashyantare...
10 March 2023 Yasuwe: 4315 0