Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’abaturage bagera kuri 40 bajyanywe mu bitaro nyuma yo gufatira amafunguro muri Resitora iherereye mu Mujyi wa Muhanga bikekwa ko umutobe warimo waruhumanye.
Urukiko Rukuru rwimuye iburanisha ku bujurire bw’Ubushinjacyaha mu rubanza bwarezemo Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid mu myidagaduro wateguraga amarushanwa rya Miss Rwanda.